Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Gicurasi, 2022 amakuru agera kuri Taarifa avuga ko umutuzo wagarutse muri Musanze na Burera nyuma y’ibisasu byahaguye kuri uyu wa Mbere taliki 23, Gicurasi...
U Bwongereza, u Bufaransa, u Budage, u Bubiligi, Portugal,…ni bimwe mu bihugu by’u Burayi byoherereje Ukraine intwaro zikomeye ngo ikomeze yihagarareho imbere y’intare yitwa u Burusiya. U Bwongereza b...
Ubutegetsi bw’i Moscow bwatangaje ko bugiye gutangira gutegura abasirikare babwo n’ingabo zabo mu rwego rwo kuzakoresha intwaro za kirimbuzi igihe cyose bizaba ngombwa. Putin yarabivuze none n’inshuti...
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko abantu 132 biciwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro mu gace ka Solhan, mu majyaruguru y’icyo gihugu. Iki gitero cyagabwe mu ijoro ryakeye ahagana saa ...
Muri iyi minsi Perezida Joe Biden n’abo bafatanyije gutegeka Amerika bari ku gitutu asabwa ko yakwicara agasubiramo amasezerano y’ubufaranye igihugu cye gifitanye na Israel. Ariya masezerano avuga ko ...
Nyuma y’itangazo rya Minisiteri y’ingabo rivuga ko hari abarwanyi bo mu mutwe wa Front de Libération National( FLN) baraye bateye u Rwanda, ingabo zarwo zikabasubizayo, hari amafoto yasohotse yerekana...
Abaturage bo muri komine Rusaka mu Ntara ya Mwaro mu Burundi hagati, bari mu bwoba nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa Gatanu abantu bitwaje intwaro bishe barashe abaturage barindwi, babasanze mu kabari. I...
Abantu bivugwa ko baturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo baraye baherutse kugaba igitero ku barobyi bo muri Uganda mu Ntara ya Hoima hafi y’Ikiyaga cya Albert. Bafashe bunyago abarobyi 16. A...
Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwarahiye ko buzihorera kuri Israel uko bizagenda kose nyuma yo kwemeza ko ariyo yishe umuhanga wayo mu by’intwaro za kirimbuzi witwa Mohsen Fakhrizadeh. Uyu mugabo y...








