Umwe mu ba dipolomate yatangaje ko mu mpera z’Icyumweru gishize hari ubwato bwa Misiri bwagejeje intwaro muri Somalia mu rwego kubakira iki gihugu ubushobozi mu bya gisirikare. Ni igikorwa kiri mu mug...
Ubuyobozi bw’Umuryango ushinzwe Kurwanya Ikwirakwizwa ritemewe ry’Intwaro nto muri Afurika (RECSA) uvuga ko kugeza ubu hari intwaro zirenga miliyoni 100 ziri mu batuye Afuruka kandi batemerewe kuzitun...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer yirinze kwerurira itangazamakuru ku byo yaganiriye na Perezida w’Amerika Joe Biden ku byerekeye kwemerera Ukraine kurasa missiles mu Burusiya. Ni mis...
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya asura Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere mu myaka 24 ishize. Putin yaherukaga gusura Koreya ya ruguru mu mwaka wa 2000. Umubano ...
Inzego zombi, Polisi y’u Rwanda n’iya Somalia, zashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bikorwa bitandukanye byo gucunga umutekano birimo no kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Kuri uyu...
Depite Eugene Barikana yatawe muri yombi na RIB imikurikoranyeho gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry. B Murangira avuga ko uyu mugabo wari Umudepite mu Nt...
Gen. Gervais Ndirakobuca ubu niwe uyobora Minisiteri y’Intebe y’Uburundi. Icyakora mu myaka myinshi ishize yigeze kujya mu idosiye y’uko hari intwaro zari zigenewe ingabo z’igihugu cye yayobeje aziha ...
Video iri kuri X irerekana abaturage baje ku muhanda kwishimira imodoka z’intambara zirimo intwaro bivugwa ari izo ingabo za DRC ziherutse gutumiza. Abaturage bari benshi ku muhanda bakomera amashyi a...
Iki kibazo kiri mu byibazwa na benshi mu bakurikiranira hafi ibibera hirya no hino ku isi. Bavuga ko Amerika n’isi muri rusange bahanze amaso intambara ya Israel na Hamas bityo ibyo muri Ukraine...
Minisiteri y’ingabo z’Amerika yatangaje ko iki gihugu kiri gukora bombe atomique bise B61-13 ifite ubukana bukubye inshuro 24 iyo Amerika yarashe mu Buyapani i Hiroshima mu ntambara ya kabiri y’isi. A...









