Guverinoma ya Kinshasa yatangaje ko hari Miliyari $1 yamaze gushorwa mu nzego z’umutekano mu rwego rwo gutuma Uburasirazuba bwa DRC butekana. Ni igice kimaze imyaka irenga 20 kiri mu ntambara z’urudac...
Mu buryo busa n’ubwatunguye benshi, mu Rwanda haraye hamuritswe intwaro zihakorerwa. Ni ubwa mbere byari bigaragaye kuko abenshi bari bazi ko izikoreshwa n’inzego z’umutekano z’u Rwanda zose zivanwa m...
Ingabo za SAMIDRC zacishije mu Rwanda ibikoresho bya gisirikare zari zifite i Goma. Nta handi byari guca kuko nta ndege yari bwemererwe kugwa ku kibuga cy’indege cya Goma gisanzwe cyarangijwe n’intamb...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Perezidansi ya Amerika yavuze ko iki gihugu kigiye guhagarika inkunga ya gisirikare cyahaga Ukraine. Yabwiye CBS ko Amerika ishaka kuba ihagaritse iriya nkunga kugira ngo ...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasabye abatuye iki gihugu bose guhaguruka bakarwanya M23 n’u Rwanda kandi bagafasha Leta kwigarurira ibice yanyazwe. Umuvugizi w’iyo Guverinoma witwa P...
Inzego z’iperereza za Ukraine zivuga ko ari zo zateguye kandi zituma umugambi wo kwica Lt Gen Igor Kirillov wo mu ngabo z’Uburusiya ushyirwa mu bikorwa. Uyu musirikare kuri uyu wa Kabiri yaturikanywe ...
Inzego z’iperereza zo muri Amerika zarakajwe n’ibyo zise ‘kubangama’ nyuma y’uko ubwato butatu bivugwa ko bwari bupakiye intwaro zari zoherejwe muri Israel bwangiwe guca mu mazi ya Espagne ngo bukuki...
Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangije iperereza ngo hamenyekane igihugu mu byo zikorana nabyo cyaba cyatinyutse kumena amabanga y’ibyo Israel yateganyaga gukora igihe izaba yateye Iran. Ayo makuru yas...
Ku mupaka wa Israel na Lebanon hari ibifaro bibarirwa mu magana byiteguye kwinjira muri Lebanon. Amafoto menshi arerekana abasirikare ba Israel bari hafi y’ibifaro byabo basa n’abiteguye amabwiriza yo...









