Aborozi b’amafi bakorera ikigo kitwa Kivu Choice bavuga ko aho batangiriye korora amafi kijyambere bagize umusaruro watumye amafaranga yinjira mu ngo zabo yiyomgera. Bororera amafi mu Kagari ka ...
Mu myaka itatu iri imbere mu Karere ka Gakenke hazaterwa ibiti 75,000 ku buso bungana na hegitari 3000. Umwero wabyo uzafasha u Rwanda kongera umusaruro w’avoka rwohereza mu mahanga. Uyu mushinga uzah...
Ni ikibazo gukurikira ibyavuzwe na Dr. Solange Uwituze ushinzwe ubworozi mu Kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, by’uko mu myaka itatu buri rugo ruzaba rworoye byibu...
Mutuyimana Anastasie ni umugore ufite abana bane utuye mu Kagari ka Simbwa mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo. Avuga ko gahunda ya Leta yo guha umwana igi buri munsi ari nziza ariko ko kuribo...



