Pasiteri bwite wa Perezida Museveni witwa Dr. Robert Kayanja yagejeje ubutumwa bwe kuri Perezida Felix Tshisekedi Bukubiyemo uko abona iby’amasezerano hagati ya Kigali na Kinshasa aherutse gusin...
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe kugenzura ubukene n’uburenganzira bwa muntu witwa Olivier De Schutter ari mu Rwanda mu nshingano zo kugenzura uko ubukene buhagaze mu baturage. Ku ru...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Angola ivuga ko iri gukora uko ishoboye ngo abahagarariye M23 bazemere kuganira n’ubutegetsi bwa Kinshasa nyuma y’uko ibiganiro byari bube kuri uyu wa Kabiri bipfub...
Guverinoma ya Angola yatangaje ko tariki 18, Werurwe, 2025 ari bwo, ku mugaragaro, hazatangira ibiganiro hagati y’intumwa za Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza M23. Bizabera mu Murw...
Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yakiriye intumwa yihariye y’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yitwa Huang Xia amusobanurira uko ibintu byifash...
Intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’iz’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaraye ziganiririye i Luanda uko amahoro arambye yagaruka mu Karere. Ni ibiganiro bikurikira ibindi byabaye mu gihe c...
Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) yahakanye iby’uko u Rwanda rwanze Umubiligi watoranyijwe ngo abe Intumwa yihariye yawo mu karere k’ibiyaga bigari, Bernard Quintin. Le Monde yo ku ...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu bijyanye n’Umutekano wo mu muhanda, Jean Henri Todt. Ari mu Rwanda muri gahunda yo gutangiza ubu...
Perezida Tshisekedi yatumye Général John Tshibangu ngo amushyirire ubutumwa mugenzi we wa Kenya William Ruto. Ubwo butumwa buvuga ko ‘umutekano n’amahoro mu Karere ari ishingiro ry’i...
Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Huang Xia yaraye aganiriye n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe EAC James Kabarebe uko umutekano mu K...








