Nyuma yo kubona ko ikipe akunda itsinde iyo byari bihanganye mu buryo budasubirwaho, Perezida Paul Kagame yanditse kuri X agaragaza ibyo byishimo kandi asaba Arsenal yari imaze gutsinda Man City 5-1 g...
Abanyarwanda bakunda umupira w’amaguru by’umwihariko n’abakunda igihugu cyabo muri rusange baraye bishimiye ko Amavubi yijajaye atsindira Benin kuri Stade Amahoro ibitego 2-1. U Rwanda na Benin bisanz...
Ku manota 73 kuri 70 APR BBC yaraye itwaye igikombe cya Shampiyona ya Basketball mu Rwanda iba iracyisubije ku nshuro ya kabiri. Hari nyuma yo gutsinda imikino ine ku mikino ibiri iyo bari bahangaye y...
Umukino wa mbere mu ya kamaramampaka (Playoffs) muri shampiyona ya Basketball mu Rwanda waraye uhuje Patriots BBC na APR BBC warangiye iya mbere itsinze iya kabiri ku manota 83 kuri 71. Ni umukino wa ...
Umutoza wa Polisi FC, abakinnnyi, ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda n’abafana b’iyi kipe baraye bishimye kubera intsinzi y’igikombe cy’amahoro bari bamaze igihe bakumbuye kuko baherukaga gutwara iki gik...
Rayon Sports yatsindiye Mukura Victory Sports i Huye igitego 1-0, intsinzi yakuyeho agahigo Mukura yari yahaye Rayon ko izayitsinda ikayiha Pasika. Mukura yavugaga ko mu bihe bitandukanye mu mateka ya...
Ikipe y’abagore b’Abanyarwandakazi bakina Volley y’abafite ubumuga na basaza babo baraye bakiriwe gitwari ubwo bari bakubutse mu mikino ya Shampiyona nyafurika bitayemo neza. Iyi Shampiyona Nyafurika...
Moïse Katumbi utavuga rumwe na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasabye abamushyigikiye guhaguruka bagaharanira ko bahabwa intsinzi yabo kubera ko ngo bayikoreye kandi bayikwiye. Yabasabye ku...
Abafana ba Rayon Sports baraye mu byishimo nyuma yo gutsindira APR FC kuri Stade mpuzamahanga ya Huye. Yayitsinze igitego 1-0, biyibera intsinzi yari ikumbuye kubera ko yabiherukaga mu myaka ine ishiz...
Abagabo babiri bo muri Uganda bari gukurikiranwa na Polisi nyuma y’uko hari umuntu uherutse guterwa icyuma mu rubavu ubwo yari aje gukiza abafana besuranaga hasi nyuma yo kutumvikana k’ukuntu Arsenal ...









