Mu myaka yabanjirije COVID -19, mu bice byinshi by’u Rwanda havugwaga ibyuma byakinirwagaho imikino y’amahirwe byavugwaho kurya abantu amafaranga bigateza impagarara mu miryango. Ese ubu b...
Mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara haherutse gufatirwa abasore babiri bafite ibyuma by’imirindankuba bipima ibilo 13 hamwe n’ibindi byuma by’amashanyarazi bari bakuye ku rugomero rwa Kibirizi. ...
Abasore babiri bo mu Mudugugu wa Kirwa, Akagari Bugamba, Umurenge wa Kinyababa mu Karere ka Burera bakurikiranywe n’inzego z’umutekano kubera gukekwaho gukata intsinga z’amashanyarazi bakajya kuzigur...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu( REG) Bwana Ron Wiess avuga ko hari bamwe mu bakozi b’Ikigo ayobora bakorana n’abajura bakacyiba ibikoresho birimo intsinga n’ibindi. Yabivuze nyuma y’uko...



