Muri iki gihe, COVID-19 cyangwa se wenda isa nayo iravugwa mu Rwanda ku kigero gito cy’ubwandu ariko gishobora kwaguka. Ubwo yadukaga ikagarika ingogo mu myaka yaza 2020 -2022, imwe mu ngamba zo kuyir...
Sena y’u Rwanda ibaza Guverinoma y’u Rwanda icyakuyeho amakarabiro yari yarashyizweho mu gihe cya COVID-19 kandi yari afitiye abaturage akamaro ko kubarinda indwara zikomoka ku mwanda. Inteko rusange ...
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gasabo barimo Ikigo WaterAid na Heineken Africa Foundation bafatanyije n’ubuyobozi bw’Umurenge n’Akarere batashye ubukarabiro bushya bugenewe abagana Ikigo nderabuzima ...


