Urupfu rw’umwarimu wa Kaminuza witwa Albert Ojwang wari usanzwe wandika kurii murandasi waguye muri kasho ya Polisi ntiruvugwaho rumwe rwateje indi midugararo mu baturage. Barashinja Polisi kumwica, y...
Ihuriro ry’abantu 400 biganjemo intiti bihurije hamwe inyandiko isaba Umuryango Mpuzamahanga kwamagana no gukora ibishoboka byose ubwicanyi bukorerwa abaturage ba DRC bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga Ik...
Abakora muri za Kaminuza barimo abahigisha nbaganiriye n’impuguke za Kaminuza n’abandi bafite aho bahuriye no guhanga udushya kugira ngo babafashe kuzamura ubumenyi muri iyo mikorere. Kunoza ibintu (i...
Bamwe bavuga ko yari Umutaliyani mu gihe ubushakashatsi buheruka bwemeje ko ibihamya bya gihanga byerekana ko Christopher Columbus yari Umuyahudi wabaga muri Espagne. Impaka mu ntiti ku nkomoko ya Chr...
Mu mwaka wa 1992 hari taliki 22, Ugushyingo muri Kabaya, ubu ni mu Karere ka Ngororero umuhanga mu by’indimi witwa Dr. Léon Mugesera yahavugiye ijambo ryaje kubiba urwango Abahutu b’intagondwa bagi...
Professor Emile Bienvenu ni Umunyarwanda wahawe inshingano zo kuyobora Akanama Ngishwanama k’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi kiga ku buziranenge bw’imiti n’ibiribwa. Akigera m...
Taliki 06, Mata, 1994, nibwo indege yari itwaye uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana na mugenzi we w’u Burundi Cyrien Ntaryamira yahanuwe ishyana n’abari bariyirimo bose. Habyarimana na Ntary...
Muri iki gihe abantu bacye nibo batira igitabo. Ndetse gutunga ibitabo ntibigifatwa nk’ikintu kidasanzwe mu mibereho ya muntu. Ariko rero, siko byahoze. Mu Bugereki na Roma bya cyera, gutira umuntu i...
Ubwo u Rwanda rwatangira urugendo rwo kubaka ubukungu bwarwo bushingiye ku baturage, uburezi n’ikoranabuhanga rwahisemo gukurikiza urugero rwa Singopore, igihugu gito kiri muri Aziya y’Amajyepfo ashyi...
Intiti ikomeye kurusha izindi muri Guinée yitwa Djibril Tamsir Niane yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 azize COVID-19 nk’uko abo mu muryango we babivuze. Niwe munyamateka wagize uruha...









