Perezida Paul Kagame yabwiye abatuye Umujyi wa Kigali ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko ntawe ukwiye kubagenera uko babaho, aboneraho no kwihaniza Ububiligi yise agahugu gato kaciyemo u Rwanda ibice. A...
Uyu musirikare wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 15 ariko akaza kukirangiza, yaraye aguye mu bwogero bimuviramo urupfu. Yari yarahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, arangiza igihano cye ...
Abakozi bari kuvugurura Stade Amahoro babwiye Taarifa ko hari umubiri w’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi wahabonetse. Ni amakuru yari yatangiye kuvugwa kuri uyu wa Kane taliki 13, Mata, 2023 umun...
Amashusho ari gutambuka ku mbunga nkoranyambaga arerekana abasore bafite imihoro ityaye kandi mishya bari gusaka imodoka zitwaye abagenzi. Biributsa uko mu mwaka wa 1994 byari bimeze ubwo Interahamwe ...
Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yasize ibikomere mu mitima ya benshi. Abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi ntibarashobora guhakana ko kwica abana bitari umugambi wo kubuza Abatutsi kuzororoka mu ...
Mu Murenge wa Kinazi ahitwa ku Mayaga mu Karere ka Ruhango kuri uyu wa 24, Mata, 2022 habereye umuhango wo kwibuka Abatutsi bahiciwe muri Jenoside yabakorewe ariko banashyingura imibiri 65 yari iherut...
Mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwo mu Kagari ka Ruhanga, Umurenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo kuri uyu wa Gatanu taliki 15, Mata, 2022 hashyinguwe imibiri itatu y’Abatutsi iherutse ku...






