Imibare yaraye itangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi muri Guverinoma y’u Rwanda yerekana ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga angana Miliyari Frw 906.9 ni ukuvuga 19.5% ari ...
Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu yagaragarije Inteko rusange y’Abadepite yaraye iteranye ko mu isesengura yakoze ku ikoreshwa ry’ingengo y’imari ya 2021-2022 yasanze harimo ibyuho bin...
Nyakubahwa Donatille Mukabalisa uyobora Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yabwiye Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Mozambique ko kuba u Rwanda rwarohereje ingabo na Polisi...
Abagize Sosiyete Sivile Nyarwanda bagiranye inama n’Abadepite bagize Komisiyo y’Imari bayibwira ibyo babona byazashyirwa mu ngengo y’imari izagenerwa abana mu mwaka 2022/2023. Bavuze ko hamwe mu...
Abdallah Murenzi niwe wenyine wiyamamarije kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare. Yari aherutse kubwira Taarifa ko nabisabwa n’abandi banyamuryango bakamugirira icyizere ko yakongera kubayobora ...
Uwahoze ari Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta Bwana Obadiah Biraro yavugiye kenshi mu ruhame ko hari inzego yagiriye inama ngo zikore ibyo urwego ayobora rwazisabaga mu rwego rwo kunoza imicungire y’i...
Mu Karere ka Bugesera mu ntangiriro z’Icyumweru gitaha ni ukuvuga taliki 19, Mata, 2022 hazateranira Inama yaguye y’abagore bakora mu nzego zitandukanye zifatirwamo ibyemezo. Muri iriya nama hazatang...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Perezida Paul Kagame azasura igihugu cya Jamaica mu minsi iri imbere. N’ubwo tutaramenya umunsi ariko twamenye ko ari mu Cyumweru gitaha. Nirwo ruzinduko rwa mbere azaba...
Anita Among Annet amaze guhabwa ubushobozi bwo kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda nyuma y’uko Jacob Oulanyah wayiyoboraga aherutse kwitaba Imana. Perezida Museveni niwe wahaye Anita Among Ann...
Jacob Oulanyah wayobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana nk’uko itangazamakuru rya Uganda ribitangaza. Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga. Countrymen and Countrywom...









