Inteko ishinga y’u Rwanda yaraye yanze gutora ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryerekeye kwemerere abangavu bagejeje imyaka 15 kuboneza urubyaro. Banzuye ko hagomba kubaho ibiganiro bihuza inzego zos...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye abagize Ihuriro ry’Inteko zishinga amategeko bari mu nama ibahurije i Kigali ko burya ubuzima bwa muntu hafi ya bwose bushingiye ku mibereho n’uruhare rw’umugore mu bimubaho...
Mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda hari gutorwa umushinga w’itegeko rizagenga Polisi y’u Rwanda mu gihe kiri imbere. Muri ryo harimo ingingo ya 63 ivuga ko umupolisi uzajya utoroka akazi, azafatwa ...
Abana bo mu Mirenge yose igize Akarere ka Rusizi bahuye biganira uko ibibazo byabo bimeze kugira ngo babigeze ku nzego zibishinzwe bafashwe mu ikemurwa ryabyo. Ibibazo by’abana bo mu Rwanda muri rusa...
Abagize Inteko rusange y’Umuryango AVEGA Agahozo batoye Immaculée Kayitesi nk’umuyobozi mushya w’uyu muryango. Yasimbuye Mukabayire Valérie kuri uwo mwanya. Yatowe Taliki ya 2 Ukwakira 2022 muri Ko...
Dr. Frank Habineza aherutse gusaba imbabazi abantu barakajwe cyangwa bababajwe n’uko yasabye Leta y’u Rwanda kuganira n’imitwe iyirwanya . Uyu muyobozi yabwiye itangazamakuru ko kuba nyuma yarasabye i...
Muri Raporo ya Transparency International-Rwanda yaraye itangajwe handitsemo ko mu nzego zakorewemo ubushakashatsi mu rwego rwo kureba uko ruswa y’igitsina n’ihohoterwa rishingiyeho ihagaze, mu Nteko...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yabwiye abayobozi b’ibihugu bigize uriya muryango ko ibihe isi igezemo bikomeye kandi biteye ubwoba kurusha uko byahoze. Ingero atanga ni ...
Bimwe mu bibazo Komisiyo ya Sena y’u Rwanda iherutse gusanga mu mitangire ya Serivisi mu rwego rw’ubuzima, harimo ko hari ibitaro bitagira umuganga w’inzobere kandi byaragizwe Ibitaro bikuru. Indi mb...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Nyakanga, 2022 Perezida Paul Kagame mu Biro bye yakiriye Abakuru b’Inteko z’Ibihugu bikoresha Igifaransa bamaze iminsi mu Rwanda mu Nama yabahuje. Ni Inteko ya 47 y’Um...









