Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, Hon Donatille Mukabalisa avuga ko u Rwanda rushima uko umubano warwo n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhagaze muri iki gihe. Ni nyum...
Joseph Ntakarutimana ukomoka mu Burundi niwe watorewe kuyobora Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba(EALA). Manda irangiye yayoborwaga n’Umunyarwanda Martin Ngoga . Hon Nta...
Phiona Umwiza wigeze guhatanira kuba Miss Rwanda mu mwaka wa 2020 ariko akaba isonga cye cya mbere, ubu arashaka noneho guhagararira urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’Ubura...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Nyanza, Huye, Rwamagana, Gatsibo n’ahandi mu Rwanda, abaturage barataka inzara batewe n’amapfa yakuruwe n’imvura yaguye nabi. Bateye imbuto bizeye ko izera ik...
Umwe mu Badepite b’ishyaka PL witwa Hon Gamariel Mbonimana yeguye. Ni nyuma y’uko Perezida Kagame yari aherutse kuvuga ko hari Umudepite Polisi yafashe yasinze kandi atwaye imodoka. Icyo gihe Perezida...
Muri byinshi bikubiye mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku banyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bari bitabiriye Ihuriro rya 15 ry’uyu muryango, yagaye cyane Umudepite w’Umunyarwanda...
Ishyaka ryari risanzwe ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Israel riyobowe na Benyamini Netanyahu ryatsinze amatora y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko y’iki gihugu. Bivuze ko Netanyahu ari we ugiye ko...
Umunyarwanda uyobora Inteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Hon Martin Ngoga yabwiye itangazamakuru ko ibibazo by’uko ibihugu bimwe bitatangaga ayo byiyemeje mu ngengo ...
Umukuru w’u Rwanda yavuze ko mu bayobozi begura bamwe bagakurikiranwa hari abo aba yaganiriye nabo ‘one on one’ akababurira ababuza gukomeza amakosa bakora ariko ntibamwumve. Hari mu ijambo yavuze ata...
Mu buryo butunguranye kandi bwarogoye Inama y’abayobozi bakuru mu ishyaka riri k’ubutegetsi mu Bushinwa, Hu Jintao wigeze kuba Perezida w’iki gihugu yasohowe igitaraganya. Kumusohora byakozwe mu buryo...









