Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yafashe mu mugongo abo mu muryango wa Nadine Girault wari uhagarariye uyu muryango muri Canada uherutse gupfa. Ku rukuta...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko bifuza ko ingengo y’imari yari yatowe n’Abadepite ingana na miliyari Frw 4,658.4 , yongerwa ikab...
Inteko ishinga amategeko mu Rwanda yanzuye ko Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu na mugenzi we ushinzwe ubucuruzi n’inganda bazayitaba bakayisobanurira mu magambo uko ubuziranenge bw’inyama zigurwa n’...
Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu mu Mutwe w’Abadepite kuri uyu wa Gatatu Taliki 11, Mutarama, 2023 yatangiye gusuzuma umushinga w’Itegeko rihindura itegeko no 026/2019 ryo kuwa 18/09/...
Jair Bolsonaro uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yaraye ajyanywe mu bitaro biri muri Leta ya Florida, USA. CNN ivuga uyu mugabo ababara cyane mu nda ariko nta bisobanuro by’icyo arwaye bi...
Nyuma y’uko, Dr. Sen Kalinda arahiriye imirimo ye nka Senateri, hahise hakurikiraho gutora Perezida wa Sena. Madamu Sen Nyirasafari Esperance yahise amwamamaza avuga ko ari umugabo wari usanzwe ukora...
Nyuma y’igihe kirekire hari impaka zishyushye hagati y’abagize Inteko ishinga amategeko y’Amerika bishakamo uwayobora Umutwe w’Abadepite, ubu umugabo witwa Kevin McCarthy niwe wegukanye uyu mwanya. Ni...
Bimaze kuba inshuro 11 abagize Inteko ishinga amategeko y’Amerika bicara ngo batore Perezida w’Umutwe w’Abadepite ariko bikanga! Abo mu ishyaka ry’Aba Republicans nibo biganje muri iyi Nteko ari ni na...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Hon Erenst Kamanzi wari uhagarariye urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yeguye. Turacyagerageza kuvugana nawe ngo agire icyo abitubwiraho ariko ntarafata te...
Ubushinjacyaha bwa Repubulika ya Peru bwataye muri yombi abasirikare batandatu bafite ipeti ryo ku rwego rwa Jenerali bakurikiranyweho ruswa ishobora kuba yaratumye bahabwa ariya mapeti n’uwahoze ari ...









