Ku rutonde rw’uko Abakuru b’ibihugu bavuga ijambo babwira bagenzi babo bagize Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193, hariho ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ku bandi ijambo kuri uyu...
Prof. Jean Bosco Harelimana wigeze kuyobora Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative yohererejwe ubutumwa na Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari ya Leta ngo a...
Visi Perezidante wa Mbere wa Sena y’Uburundi Dénise Ndadaye uri mu Rwanda mu Nama yiswe Women Deliver 2023 Conference yakiriwe na Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Dr. François Kalinda baganira uko umub...
Inteko rusange y’abanyamigabane ba MTN Rwandacell PLC (MTN Rwanda) iherutse guterana yemeranya ko kuri uyu wa Mbere taliki 26, Kamena, 2023 abanyamigabane bayo bari bugabane inyungu ya Miliyari Frw 9....
Umudepite uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Uburasirazuba yahagurutse avuga ko agiye kugitanga igitekerezo cye mu Giswayili. N...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Hon Edda Mukabagwiza yaraye agejeje ku Badepite bagize Inteko rusange raporo ikubiyemo isuzuma ryakozwe ku mushinga ugamije ko...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko muri rusange ubuhinzi n’ubworozi bihagaze neza mu Rwanda. Ingano y’umusaruro w’ibikomoka ku buhinz...
Mbere y’uko amatora ya Perezida mushya wa FIFA atangira kuri uyu wa Kane taliki 16, Werurwe, 2023 intumwa za federasiyo 211 ziyitabiriye zabanje gutorera ingingo y’uko Zimbabwe na Sri Lanka byakwemerw...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inteko rusange ya 73 ya FIFA iri kubera mu Rwanda ko rwishimira ko rwatoranyijwe ngo rwakire iyi nteko. Yaboneyeho umwanya wo kwibutsa abantu ko Politiki mbi idakw...
Umurambo wa Hon Fidel Rwigamba uherutse kwitaba Imana wasezeweho na bagenzi be bari bateraniye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Hon Rwigamba aherutse gutabaruka azize uburwayi yari amaranye igih...









