Nyuma y’uko Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr. Emmanuel Ugirashebuja ahaye ibisobanuro Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, ku ishingiro ry’Itegeko rigana imikoranire y’...
Mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burundi kuri uyu wa 21, Gashyantare 2024 Abadepite batumije Minisitiri w’Umutekano, Martin Niteretse bamubaza icyo Leta iri gukora ngo ihe abapolisi impuzankano nzima. B...
Inteko y’igihugu y’Ururimi n’Umuco itangaza ko Abanyarwanda b’i Kigali iyo bahuriye hamwe( mu nama cyane cyane) Icyongereza ari rwo rurimi bakoreshwa cyane. Kihariye 42.6%, nyuma hagakurikiraho ...
Ubwo yafunguraga inteko rusange y’Abadepite bagize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yavuze ko ibihugu by’aka Karere bikwiye gukorana kugira ngo ...
Mu Nteko rusange y’Abagize Inteko ishinga amategeko ya EAC( EALA) iherutse guterana, uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Evariste Kalala yashinje u Rwanda gusahura igihugu cye, uruhaga...
Intebe y’Inteko y’Umuco Nyarwanda Ambasaderi Robert Masozera yabwiye Taarifa ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari ahantu mu Rwanda barya imbwa, ari ibintu bidasanzwe. Avuga ko ubusanzwe imbwa ari yo izwi...
Dr.Tulia Ackson Mwansasu ukomoka muri Tanzania yatorewe kuyobora Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inteko zishinga amategeko. Asimbuye umunya Portugal witwa Duarte Pacheco uherutse gucyura igihe cye. Amatora y’...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ubufatanye bw’Akarere,( Rtd) Gen James Kabarebe yarahiriye imbere ya EALA nka Minisitiri ushizwe ibikorwa bya EAC. Ni indahiro ikor...
Abanyarwanda bakunze kwibaza igikurikiraho iyo Komisiyo y’Inteko ishinzwe iby’umutungo wa Leta, PAC, imaze kumva inzego zagaragajwe mu gukoresha nabi umutungo wa Leta. Ubusanzwe mu cyumba PAC yumviram...
Ibi byavuzwe na Gen Abdel Fattah Burhan uyoboye Sudani muri iki gihe. Ahanganye n’undi Jenerali witwa Dagalo bapfa ubutegetsi. Burhan yabwiye Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ko akurikije uko ibintu bih...









