Ukurikije uko Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abitangarije Imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ubona ko mu myaka 26 iri imbere ni ukuvuga mu mwaka wa 2050, Umunyarwanda...
Komisiyo y’Amatora yatangaje urutonde rw’abakandida bemejwe n’Urukiko rw’Ikirenga ko bemerewe kwiyamamariza kuba Senateri mu matora azaba mu kwezi gutaha kwa Nzeri. Abazatorwa bazaba bari muri uru rw...
Abagabo n’abagore, urubyiruko n’abandi bari kwigaragambya bashumitse inyubako y’Inteko Ishinga amategeko. Abaturage bamaze iminsi bigaragambya bamagana umusoro ubutegetsi bwa Perezida Ruto buherutse g...
Vital Kamerhe yatorewe kongera kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’iminsi mike iwe hagabwe igitero cyashakaga kumuhitana ariko abapolisi babiri mu bamurinda ...
Depite Eugene Barikana yatawe muri yombi na RIB imikurikoranyeho gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry. B Murangira avuga ko uyu mugabo wari Umudepite mu Nt...
Inteko ishinga amategeko ya Uganda yasohoye itangazo risaba Guverinoma y’Ubwongereza kutivanga mu mikorere yayo. Ibitangaje nyuma y’uko Ubwongereza buherutse gufatira ibihano abayobozi batatu bakuru m...
Kamerhe Vital yongeye gutorerwa kuba Perezida W’Inteko ishinga amategeko ya DRC. Ni umwanya asubiyemo kuko yigeze kuyiyobora kugeza mu mwaka wa 2009 ubwo yeguraga. Ubwo yeguraga yavuze ko atemer...
Inteko ishinga amategeko ya Amerika yemeje mu buryo budasubirwaho itegeko rivuga ko urubuga rw’ikoranabuhanga ry’Abashinwa, TikTok, gihagarikwa muri Amerika. Abanyamerika bafite impungenge z’uko Abash...
Mu Intare Arena iri mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo hagiye guteranira Inteko rusange y’Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bahagarariye abandi mu gihugu. Biteganyijwe ko iri bwemerezwemo uzahag...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yabwiye itangazamakuru ry’igihugu cye ko muri iki gihe asanga ibyiza ari ibiganiro biganisha ku mahoro kurusha intambara yari yaravuze ko...









