Ubwo harangizwaga Igihembwe cy’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, abayigize bemeje ku bwiganze ko Ubushinjacyaha bwemerewe gutangira gukurikirana Minisititi w’Ubutabera Con...
Ubwo yagezaga ikiganiro gikubiyemo igenamigambi ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026 n’uko izakoreshwa, Minisitiri Yussuf Murangwa yavuze kubaka umuhanga Kigali-Muhanga utagikozwe kuko hari ibitara...
Igenamigambi rya Leta y’u Rwanda rivuga ko ingengo y’imari y’u Rwanda mu mwaka wa 2025-2026 izaba Miliyari Frw 7.032,5 ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 1.216 ugereranyije n’...
Mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda hari impaka zikomeye ku mushinga w’Itegeko rigenga Serivisi z’ubuvuzi riteganya iby’uko umugore runaka yatwitira undi. Ibi bivuze ko umwana uvutse muri ubwo buryo...
Mu Nteko Ishinga Amategeko, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph Nsengimana yahavugiye ko ubuke bw’ibyumba by’amashuri bukibanamiye ireme ry’uburezi. Ni ikibazo gituma abanyeshuri biga basimburana mu byumb...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ifite gahunda yo kuvugurura ingengo y’imari y’u Rwanda ikiyongeraho Miliyari Frw 126.3 azakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025. Yusuf Murangwa uyobora iyi Mini...
Ikipe ya Volleyball y’abagabo mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yegukanye igikombe cy’imikino ya EALA nyuma yo gutsinda iy’Inteko Nshingamategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA) amas...
Ubuyobozi bwa Uganda bwatangaje ko Kenya yari izi ko Kizza Besigye ari gushakishwa kandi ubuyobozi bw’iki gihugu bwatanze ubufasha ngo afatwe. Kizza ni umunyapolitiki uri mu bakomeye muri Uganda. Nyum...
John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda yitabye Sena ngo asobanurire abayigize bimwe mu byo basanze uru rwego rushinzwe ubuzima bw’ifaranga ry’u Rwanda rudatunganya neza. Birimo kuba hari inyan...
Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia yaraye yemeye ko Sahle-Work Zewde wari Perezida wa Repubulika asimburwa na Taye Astike Selassie. Muri Ethiopia, Minisitiri w’Intebe niwe uba ufite ububasha b...









