Mu nzu mberabyombi y’icyahoze ari KIE ( Kigali Institute of Education) iri mu Murenge wa Kimironko hagiye kubera Inteko rusange y’abanyamuryango wa GAERG, uyu ukaba ari Umuryango w’’abarokotse Jenosid...
Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 15, Gashyantare, 2022 Inteko rusange yatoye umuumushinga w’itegeko rihindura itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2021/2022 yari ...
Umwe mu bayobozi baharaniye iterambere ry’abasigajwe inyuma n’amateka witwa Sen Kalimba Zephrin yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe gito nk’uko Igihe yabyanditse. Amakuru abo mu Muryango...
Amatora y’Umukuru w’Inteko ishinga amategeko ya Uganda aheruka kuba yarangiye uwari usanzwe ayiyobora Madamu Rebecca Kadaga atsinzwe. Ubu irayoborwa na Jacob Oulanyah. Ariya matora yabereye mu Nteko r...
Mu Rwanda Hagiye Guteranira Inama Ya 12 Y’Abakuru B’Inteko Zishinga Amategeko Mu Bihugu Bivuga Igifaransa. Kuri uyu wa Kabiri tariki 25, Gicurasi, 2021 mu Ngoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda h...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda Dr Faustin Ntezilyayo na mugenzi we wa Singapore witwa Sundaresh Menon basinye amasezerano mu bufatanye mu by’ubutabera. Umuhango wo gusinya ariya masezerano w...
Inzego zitandukanye zagaragaje ko hakenewe imbaraga mu kurushaho kumvikanisha ihame ry’uburinganire, kuko kumvikana nabi kwaryo bigira ingaruka mu mibare y’abashakanye n’imibereho y’ingo. ...
Ni ubwa mbere mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abaturage bigabye bagatera Ibiro by’Inteko ishinga amategeko, bakinjiramo bakayisakiza. Polisi iyirinda byarayirenze irazibukira. Igitangaje ni u...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukuboza, 2020 mu Nteko ishinga amategeko ya DRC habereye ubushyamirane hagati y’Abadepite bo ku ruhande rwa Kabila n’abo ku rwa Tshisekedi. Bapfuye umushinga wo kuvana mu...
Nyuma yo kwakira indahiro y’Umuvunyi Mukuru Madamu Madeleine Nirere, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeye kwibutsa abari aho ko akarengane na ruswa bidindiza iterambere kandi bigapyinagaza umutu...









