Umugabo wahoze ashinzwe imari n’igenamigambi mu Bwongereza witwa Rishi Sunak niwe uri guhabwa amahirwe y’uko azasimbura Madamu Liz Truss ku ntebe ya Minisitiri w’Intebe mu Bwongereza. Truss yeguye ku ...
Abayobozi batatu bakuru muri RURA birukanywe mu mirimo yabo kubera impamvu z’imyitwarire n’imikorere idahwitse. Kuba iyo mikorere n’imyitwarire bidahwitse byatangarijwe mu itangazo ryasohowe n’Ibiro b...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngitente yabwiye abanyacyubahiro bari mu Murwa mukuru wa Estonia witwa Tallinn ko u Rwanda rukora ibishoboka byose ngo abarutuye n’abarugenda bagerwaho n’ibyiza by’ikor...
Zephanie Niyonkuru wari umuyobozi wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’iterambere yirukanywe mu mirimo. Ni ibikubiye mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu izina rya Perezida wa Repubuli...
Bwana Itaru Nakamura usanzwe uyobora Polisi y’u Buyapani yavuze ko agiye kwegura kugira ngo agire ibyo abazwa mu iyicwa rya Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe uherutse kuraswa n’umuntu wari umu...
Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza akajyanwa kwa muganga, byarangiye Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe apfuye. Uwamurashe ni umugabo w’imyaka 41, amazina ye ni Tetsuya Yamagami. Yabwiye ...
Ni ikibazo cyabajijwe Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 18, Gicurasi, 2022 avuga uko ubuzima bw’igihugu bumeze, asubiza ko kugira ngo ur...
Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahagaritse Hon Edouard Bamporiki kugira ngo akurikiranwe ku byaha runaka. Amakuru Taarifa ifite avug...
Borris Johnston ari ku gitutu cyinshi ngo yegure nyuma y’uko bimenyekanye ko ubwo abandi Bongereza bari bari muri Guma mu rugo, we na bamwe mu bagize Guverinoma ye, bahuye kenshi bagakora ibirori kan...
Mu rwego rwo gucubya uburakari bw’urubyiruko n’abarimu bo mu bwami bwe, umwami Mswati III wa Eswatini yashyizemo Minisitiri w’Intebe mushya. Ni uwitwa Cleopas Dlamini. Uyu mugabo yitezweho kuzashyirah...









