Ishyaka riri ku butegetsi muri Singapore riri mu kigeragezo gikomeye nyuma y’uko Minisitiri w’ubwikorezi atawe muri yombi akurikiranyweho ruswa. Bidatinze Perezida w’Inteko ishinga amategeko hamwe n’...
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Inama mpuzamahanga y’ibigo by’ubwiteganyirize iri kubera mu Rwanda, Minisitiri w’Intebe Dr. Edoaurd Ngirente yavuze ko kugira ngo ibihugu by’Afurika byongere kubaka ubuk...
Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Trinidad na Tobago, Perezida Kagame yahuye n’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma batandukanye barimo na Mia Amor Mottley uyobora ikirwa cya Barbados. Baganiriye kuri by...
Ibiro Bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda byasohoye itangazo ry’uko Prosper Mulindwa yagizwe Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro nyuma y’uko Inama nyobozi y’aka Karere iseshwe. Mulindwa yari asanzwe ashinzw...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abitabiriye inama yahuje abakorera bo mu Rwanda n’abo mu Burayi ko inkunga ibihugu by’Uburayi byateye u Rwanda mu myaka yose y’ubufatanye ishize, ari i...
Ku bw’amahirwe ye ndetse n’abamurinda, igisasu cyapfuye kidahitanye cyangwa ngo gikomeretse Minisitiri w’intebe w’u Buyapani witwa Fumio Kishida wari uri mu ruhame aganira n’abaturage. Kishida yari mo...
Leta zimwe zigize Ethiopia ziravugwamo abantu bishyize hamwe bakora igisirikare cyabo k’uburyo ubutegetsi bw’i Addis Ababa bwarahiriye gusenya abo bigize ‘kagarara.’ Ethiopia ni igihugu kinini kigizwe...
Umwe mu bakire u Butaliyani bwa vuba aha bwagize ndetse akabubera na Minisitiri w’Intebe ari mu bitaro aho ubuzima bwe bugeze aharindimuka. Ni Silvio Berlusconi. Uyu mugabo ni umukire kuko niwe...
Mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umwarimu, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yabwiye abarimu bagera ku 7000 ko kimwe mu bigomba gukomeza kubaranga ari imyitwarire iboneye. Um...
Boris Johnston wari uherutse kuva mu biruhuko yari yaragiyemo, akabivamo atabirangije kugira ngo yongere ahatanire kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, ubu yahariye Rishi Sunak. Uyu mugabo niwe ur...








