Abayobozi batandukanye barimo na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza David Cameron bamaganye iraswa rya Minisitiri w’intebe wa Slovakia witwa Robert Fico. Yarasiwe h...
Gira So Yiturwa Indi. Ni umugani uhura n’ibyo Perezida Faye wa Senegal yakoreye Ousmane Sonko uherutse kumuharira ngo yiyamamarize kuyobora Senegal, akaza kubitsindira. Faye yagize Sonko Minisitiri w’...
Igitutu cy’abarwanyi bo muri Haïti cyasabaga Minisitiri w’Intebe Ariel Henry kwegura cyageze ku ntego kuko yamaze gutangaza ko yeguye. Ni nyuma y’uko yari amaze iminsi ataba mu gihugu kubera kwanga ko...
Nyuma y’uko abasore bagize amatsinda y’abagizi ba nabi babujije indege kugwa ku kibuga mpuzamahanga cya Port-au Prince mu rwego rwo guheza Minisitiri w’Intebe mu mahanga, uyu yatse ubuhungiro muri Pu...
Sama Lukonde wari umaze imyaka itatu ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaraye yemerewe kwegura. Amakuru avuga ko yeguye kubera ko yari aherutse gutorerwa kujya mu Nteko ishi...
Dr. Edouard Ngirente niwe wahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kwibuka no kunamira intwari zabohoye u Rwanda, uyu muhango ukaba uba buri taliki 01, Gashyantare, buri mwaka. Ni umuhango kand...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente avuga ko mu rwego rwo gukemura mu buryo burambyw ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, hari bisi 140 ziri hafi kugezwa ...
Gabriel Attal wari usanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma y’Ubufaransa yabaye Minisitiri w’Intebe asimbuye Elisabeth Borne waraye weguye. Gabriel Attal afite imyaka 34 y’amavuko. Attal ni Umufaransa uko...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwagejeje telefoni ku barimu barenga 1100 bitabiriye umunsi wa mwarimu wizihirijwe mu Intare Arena. Ni umunsi wari witabiriwe n’abarimu baje bahagarariye abandi baturutse ...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiswe Global Gateway Forum ryabereye mu Bubiligi, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yababwiye ko imikoranire ya Leta n’abikorera ku giti ...









