Ubwo yarangizaga urugendo mu Ntara y’Amajyaruguru, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yasabye ko ikibazo cy’imbuto y’ibirayi yabuze i Ngororero ikaba itumizwa i Musanze cya...
Nyuma yo gufata umugabo wo mu Karere ka Bugesera akurikiranyweho kwangiza inkingi zifata amapiloni y’amashanyarazi, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burasirazuba Superintendent of Police(SP) Hamdun T...
Inyongezo yahawe MTN Rwandacell Plc ngo ibe yakemuye ibibazo biri mu itumanaho ryayo ikomeje gusatira umusozo, ndetse kubera birantenga, iki kigo kigeze nibura kuri 60% cyubahiriza ibyo cyategetswe n’...
Umugore w’imyaka 31 aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro afatanwa udupfunyika 3, 117 tw’urumogi. Twose dufite agaciro karenga miliyoni 3 Frw kuko agapfunyika kamwe (boule) kagu...
Nyuma y’uko hari umuntu urohamye muri Nyabarongo ku wa Mbere tariki 03, Mutarama, 2022 n’uburambo we ukaba waraburiwe irengero, ku Biro by’Akarere ka Kamonyi hateraniye inama y’umutekano idasanzwe. N...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi yateranyije Inama idasanzwe yahuje abaturage b’Akarere ka Muhanga n’abayobozi mu Ntara ayoboye abwira abaturage ko hari bagenzi babo bagera kuri 60...
Mu rwego rwo gushimira abaturage kubera uruhare bagize mu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bakabishishikariza n’abandi baturanye mu Mujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda iraha abaturage inzu y...
Umuyobozi w’Intara y’i Burasirazuba n’umuyobozi wa Polisi muri iyi Ntara baganirije abamotari ku kwirinda ibyaha. Nyuma abamotari bafashwe batanze ubuhamya bw’uko binjije ibiyobyabwe...
Perezida wa Repubulika y’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasuye ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi bw’abantu n’ibintu OTRACO asanga hari imodoka zidaheruka gukorerwa igenzurwa rya Tekiniki ahita yi...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi akomeje uruzinduko ari kugirira mu turere tw’Intara y’i Burengerazuba. Kuri uyu wa Gatandatu yasuye Akarere ka Rusizi. Yasuye ahantu hat...








