Imibare itangwa n’inzego z’ubuzima z’u Rwanda igaragaza ko Intara y’Amajyepfo ari yo ifite umubare munini w’abarwara igicuri. Iyi ni indwara igaragarira cyane cyane mu gutakaza ubwenge, uwifashe akiku...
Maurice Mugawagahunde yasimbuye Dancille Nyirarugero wari usanzwe ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru. Uyu we yagizwe Komiseri muri Komisiyo y’igihugu yo gusubiza abahoze ku rugero mu buzima busanz...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rikura mu nshingano abayobozi b’Uturure dutatu two mu Ntara y’Amajyaruguru. Abo ni Ramuli Janvier w’Akarere ka Musanze, Nizeyimana Jean Marie Vianney w...
Umugabo witwa Emmanuel Maniragaba wo mu Murenge wa Cyuve aherutse kugira ibyago inzu ye irashya. Avuga ko abaje kumutabara batakoze icyo gikorwa cyiza gusa ahubwo ngo basize bamwibye Frw 730,000. Yabw...
Ubwo hasohokaga itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Komite Nyobozi y’Akarere ka Rutsiro yegujwe, umwe mu bavukiye muri Rutsiro akaba akurikirana n’ibihabera yabwiye Taarifa k...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo gusuzuma ubukana ibiza byangije ibikorwaremezo byari bifite, yasanze hazakenerwa Miliyari Frw 296 zo kubisana mu buryo burambye. Kugeza ubu kwita ku batura...
Umukuru w’u Rwanda yafashe mu mugongo ababuriye ababo mu biza byibasiye u Rwanda mu masaha 48 ashize, byaguyemo abantu 127. Yavuze ko ari gukurikiranira hafi uko ibikorwa byo kugoboka abiciwe bakanase...
Imibare yatangajwe mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu Taliki 03, Gicurasi, 2023 avuga ko abantu 129 ari bo babaruwe ko bahitanywe n’imvura yateje inkangu n’imyuzure. Intara y’i Burenger...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye Minisitiri mushya w’urubyiruko Dr. Abdallah Utumatwishima wari umaze kurahirira inshingano nshya ko kwita ku muco w’abakiri bato ari ishingiro ry’ejo hazaza ...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo umutwe wa ADF ukomeje kwararika ingogo. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Werurwe, 2023 hari abantu barindwi bivugwa ko bishwe n’abarwanyi b’uyu mutwe babasanze m...









