Perezida wa Repubulika yaraye ahaye abayobozi inshingano nshya. Umwe muri benshi yazihaye ni Pudence Rubingisa watangiye kuyobora Umujyi wa Kigali muri 2019 asimbuye Rwakazina Marie Chantal usigaye uh...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwaraye ruburiye abatuye Akarere ka Nyaruguru muri rusange n’abo mu Murenge wa Busanze ko batabaye maso, hari abacuruza ibiyobyabwenge cyangwa abacuruza abantu bashobora kubaca...
Ba rushimusi bo muri Tanganyika ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo bavuga ko bazarekura Umushinwa baherutse gushimutana n’umuturage wa Congo ari uko bishyuwe $400 ni ukuvuga Frw 400,000 birengaho m...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 10, Ugushyingo, 2023, ubushinjacyaha buzageza CG(Rtd) Emmanuel Gasana imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rumurega ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha yahabwga n’amate...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugira inama abayobozi mu nzego z’ibanze ko mu gihe cyo gutanga raporo ku cyaha runaka cyakorewe aho bayobora, buri gihe bagomba kujya bibuka kwandika amazina y’abab...
Hon. Lambert Dushimimana niwe uherutse gushyirwaho ngo asimbure Habitegeko François ku buyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba. Dushimimana Lambert yari asanzwe ari Perezida wa Komisiyo ya Politiki n’Imiy...
Mu ijoro ryakeye Perezida Kagame yakuye mu nshingano Bwana François Habitegeko wari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba na Madamu Espérance Mukamana wari ushinzwe ikigo cy’ubutaka, National Land Auth...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Kanama, 2023, Perezida Kagame yaganiriye na ba Guverineri b’Intara za Nigeria bari mu Rwanda, bungurana ibitekerezo ku miyoborere ibereye Afurika muri rusange. Ni ibi...
Mu Ntara y’Uburasirazuba niho hari ibirombe byinshi bicukurwa mu buryo budakurije amategeko kuko hari 32, mu Majyepfo hakaba 20, mu Majyaruguru hakaba 18, mu Burengerazuba hakaba 17 n’aho mu Mujyi wa ...
Ubwo yahererekanyaga ububasha n’uwo asimbuye ari we Dancille Mukarugero, Bwana Maurice Mugabowagahunde yasabwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda buherutse guhunga...









