Polisi itangaza ko mu minsi 30 ishize abantu 500 bo hirya no hino mu Ntara y’Amajyepfo batawe muri yombi bakurikiranyweho ubujura, urugomo n’ibindi byaha. Umuvugizi wayo Assistant Commissioner of Poli...
Kuri uyu wa Gatatu ku isi hose hari umunsi mpuzamahanga wahariwe kwihaza mu biribwa. Mu Rwanda hari ingo zirenga 20% zitarya gatatu ku munsi kandi indyo ikaba ari nkene. Abo muri Sosiyete sivile basab...
Bisi zikoresha amashanyarazi za sosiyete BasiGo zirateganya gutangira ingendo mu Ntara, ku ikubitiro hakazabanza icyerekezo cya Nyanza( Kicukiro)-Nyamata mu Bugesera. Zari zisanzwe zikorera mu Mujyi w...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko kuba ingagi zitwa amazina buri mwaka mu muhango ngarukamwaka byazamuye imibereho y’abatuye iyo Ntara. Ibi kandi byashimangiwe...
Izamuhaye Jean Claude ushinzwe ibihingwa mu Kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB avuga ko mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 A u Rwanda ruzahinga ku buso bwa hegitari 802,637, b...
Abashoramari bakora mu by’ubucukuzi bw”amabuye y’agaciro bagiye guhabwa amasoko yo gucukura mu buryo bwemewe n’amategeko ibirombe 43 byo mu Ntara y’Amajyepfo. Ibyo biromb...
Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Pudence Rubingisa avuga ko ingamba ubuyobozi bwafashe mu guhangana n’inzoga ibarirwa mu biyobyabwenge yitwa Kanyanga zatanze umusaruro ufatika. Hari mu kiganiro yah...
Mu cyumba cy’Inama cy’Intara y’Uburasirazuba habereye Inteko rusange ya 14 y’Inama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga. Mu mibare yahatangarijwe, harimo n’umubare w’abantu bafite ubumuga muri buri...
Guhera mu ntangiriro z’iki Cyumweru, M23 iri gufata ibice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru itarwanye kubera ko abasirikare ba DRC bari kuyibererekera. Ibice imaze gufata birimo agace k’ab...
Hari abayobozi bagize Uturere tw’Intara y’Amajyaruguru bavuga ko kuba nta ngengo y’imari yagenewe gusana ibikorwa remezo byarangiritse, bibadindiza mu mihigo. Bavuga ko kuba hari ubwo hatangwa amasoko...









