Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yagennye ko Major General Vincent Gatama ayobora itsinda rya RDF n’irya Polisi ryoherejwe muri Cabo Delgado, Intara ya Mozambique, ...
Sena y’Uburundi yemeje ba Guverineri bashya bo kuyobora Intara z’iki gihugu zirimo n’iziherutse gushingwa bushya. Tariki 04, Nyakanga, 2025 nibwo Guverinoma y’iki gihugu yatangaje ko hari Intara nshya...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi avuga ko inzego zose zigomba guhaguruka zigafatanya mu gutuma inzego ziyobora Intara z’igihugu cye zikomeza kunga ubumwe. Aherutse kubwir...
Mu rwego rwo kurema agatima abaturage, ubuyobozi bw’Intara ya Tshopo ari naho umujyi wa Kisangani uherereye bwateranyye bubasaba kudakurwa umutima n’amakuru y’uko M23 iri kubasatira. Bwabasabye ahubwo...
Nyuma y’igihe gito M23 ifashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryanzuye kwimura ingabo zaryo zari ziri mu Mujyi wa Walikal...
Ihuriro rya Politiki ryitwa Alliance Fleuve Congo rivuga ko uko ibintu byazagenda kose mu gihe kiri imbere, ari ngombwa ko ibiganiro bya Politiki-rigizemo uruhare rutaziguye- bizaba umuti urambye w...
Kuri iki Cyumweru umuyobozi w’Intara ya Oromia, iyi ikaba Intara nini kurusha izindi zigize Ethiopia, witwa Shimelis Abdisa yaraye yakiriwe na Perezida Paul Kagame baganira ku mubano u Rwanda rwagiran...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kuri Noheli hirya no hino mu Rwanda havutse abana 887 kandi abenshi muri bo ni abakobwa kuko ari 467 mu gihe abahungu ari 420. Imibare y’abo bana yakusanyijwe ivuye mu bi...
Théophila Mukamugambi, Umuyobozi w’agateganyo w’Ishami rishinzwe gahunda yo kugaburira abana ku ishuri muri Minisiteri y’uburezi niwe watangarije i Nkumba mu Karere ka Burera iby’iyo mibar...
Jean Bosco Ntibitura yagizwe Guverineri W’Intara Y’Uburengerazuba asimbuye Lambert Dushimimana nawe wagiyeho muri Nzeri, 2023 asimbuye Francois Habitegeko. Hagati aho kandi Kibiliga Anicet...









