Umwuka mubi hagati ya Amerika na Iran watumye i Washington batangaza ko bagiye gucyura abakozi babo bakorera muri Ambasade ya Amarika muri Iraq mu rwego rwo kwirinda ingaruka zazabageraho bitewe n’iki...
Abayahudi b’i New York baramagana ibyo Israel iri gukora muri Gaza, bakavuga ko ari akarengane gakomeye iri guteza abahatuye. Ababyamagana ni abagize itsinda mu Giheburayo bita Neturei Karta mu Kinyar...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...
Kuri uyu wa Kabiri Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Vital Kamerthe yavuze ko Abadepite bagba gusesengura ingingo zose zikubiye mu masezerano y’amah...
Ingabo za Israel zatangije ibitero bikomatanyije bigamije kwigarurira ibice bya Gaza bitandukanye no kwimurira abaturage basanzwe bahatuye ahantu Israel ivuga ko hatekanye. Ku rubuga rwa Minisiteri y&...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika ku byerekeye Afurika avuga ko nyuma y’uko Ibiro bye bikoranye n’ubuyobozi bw’u Rwanda na DRC mu gukora umushinga uhuriweho wo kugarur...
Hashize imyaka 61 Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare Croix Rouge, utangiye gukorera mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki 08, Gicurasi, 2025 ubwo isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe uyu muryang...
Abarwanyi ba M23 bafashe Luhwinja muri Kivu y’Amajyepfo ahantu hakize cyane kuri zahabu. Bivugwa ko abo barwanyi bahafashe batarwanye. Abahatuye babwiye Radio Okapi ko aha ari ahantu ha mbere ba...
Ku batari bumva Rubio uwo ari we, twabamenyesha ko yitwa Marco Rubio akaba yari amaze igihe gito ari Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga naho uwo yasimbuye yitwa Mike Waltz y...
Massad Boulos ushinzwe kugira inama Donald Trump ku bibazo bya Afurika yasohoye itangazo rivuga ko ibiganiro k’ukugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC bikomereje i Doha muri Qatar kandi ko bitanga i...









