Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe gutabara imbabare Bwana Mark Lowcock yatangaje ko mu Majyaruguru ya Ethiopia mu Ntara ya Tigray inzara ica ibintu. Abantu bagize imiryango 350 000...
Muri Afghanistan intambara yubuye hagati y’abarwanyi b’Abatalibani n’ingabo za kiriya gihugu. Imirwano iheruka yaraye ibereye mu gace ka Mehterlam mu Ntara ya Laghman. Abarwanyi b’Abatalibani batangij...
Kuva ku wa Gatatu tariki 12, Gicurasi imbunda zirasa ibisasu biremeye z’ingabo za Israel zitwa Howitzer zatangiye kurasa ziyungikanya ku birindiro by’abarwanyi ba Hamas. Ubwo kandi ni ko n’indege z’in...
Minisitiri w’ingabo Bwana Benny Gantz akaba yarigeze no kuba Umugaba mukuru w’ingabo za Israel yavuze ko igihugu cye cyatangije intambara kuri Palestine kandi ko noneho batazayihagarika ngo ni uko am...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho gutan...
Igisirikare cy’u Burusiya cyohereje abasirikare bacyo barwanira mu mazi mu Nyanja y’Umukara aho bwiteguye intambara bibaye ngombwa, bukayirwana na Ukraine ifatanyije n’inshuti zayo zo muri NATO/OTAN. ...
Mu masaha ashyira ay’ijoro kuri iki Cyumweru tariki 11, Mata, 2021 imirwano hagati y’ingabo za DRC n’inyeshyamba za FDLR na Maï Maï Nyatura yari irimbanyije. Ingabo za DRC zari zashoboye kwigarurira u...
Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine bapfa agace ka Donbass. Ibihugu byombi biheruka kurwana muri 2014 bipfa agace ka Crimée. Iyo ntambara yarangiye u Burusiya buk...
BwanaAbdel-Fattah El-Sisi yatanze umuburo k’umuntu wese uzagerageza kugabanya amazi ya Nili ko azaba ashaka gukora mu jishi ry’intare. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo kugira icyo avuga k...
Nta masaha menshi yashize Taarifa itangaje ko umusaza witwa Epimaque Nyagashotsi asaba Perezida Kagame kuzamuremera kuko ubuyobozi bw’ibanze bwamwimye inka bukavuga ko hari undi wamusimbujwe ku ...









