Ni ibyemejwe na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 07, Gashyantare, 2022 mu ijambo yavugiye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Umukuru w’igihugu yabwiye abari bamuteze amatwi barimo abahagarariye ib...
Muri Gashyantare, 1992, uwahoze ari Umugaba w’Ingabo za RPA-Inkotanyi, Paul Kagame, yari afite akazi kenshi kagendanye no kugenzura uko intambara imeze no gutegura urugamba rwagombaga kuba ahantu runa...
Bisa n’ibitakiri disikuru z’Abanyapolitiki b’i Yeruzalemu gusa, ahubwo byatangiye gutegurirwa uburyo bwo gushyirwa mu bikorwa. Ibyo tuvuga ni ibitero bya gisirikare Israel iri gutegura kuzarasa ku nga...
Birashoboka ko General Kayanja Muhanga uyoboye ingabo za Uganda zagiye kwirukana abarwanyi ba ADF muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azaza mu bantu bazavugwa kenshi mu itangazamakuru ryo muri ak...
Uruhande rw’abarwanyi bo muri Tigray ruvuga ko guhera mu mpera z’Icyumweru cyarangiye tariki 10, Ukwakira, 2021 ingabo za Ethiopia zabagabyeho ibitero biremereye bikoresheje indege n’ibimodoka by’inta...
Abatalibani batangaje ko bigaruriye Intara ya Panjshir yari isigaye mu zigize Afghanistan batarafata. Ni amakuru batangaje kuri uyu wa Mbere tariki 06, Nzeri, 2021 bavuga ko iby’abarwanyi b’umugabo w...
George W. Bush wigeze kuyobora Amerika mu bihe byakurikiye ibitero byo ku tariki 11, Nzeri, 2001 yaraye ahaye ikiganiro Deutsche Welle avuga ko kuba Joe Biden yarategetse ko ingabo z’Amerika ziva mur...
Burya intambara ubona uyinjiramo ariko ntumenya igihe n’uburyo izarangira. Ubanza iyi ariyo mpamvu umuhanga mu mateka akaba yarigeze no kuba Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amah...
Igisirikare cya Misiri kimaze iminsi mu biganiro n’abagaba b’ingabo za bimwe mu bihugu by’Afurika mu rwego rwo gushaka amaboko yo kuzahangana na Ethiopia umunsi intambara yarose. Bye...
Imodoka z’intambara za Israel zagabye igitero mu mujyi witwa Quneitra uri mu Majyaruguru yayo ni ukuvuga mu Majyepfo ya Syria. Ni agace kari kamaze iminsi gakoreshwa n’abarwanyi ba Hezbollah bazaga ku...









