Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yemeje ko abasirikare 498 bamaze kwicirwa mu ntambara muri Ukraine, bitandukanye n’abagera ku 6000 batangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine kuri uyu wa Gat...
Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye ababwira uko gihagaze, Perezida Joe Biden yongeye kuvuga ko ingabo z’igihugu cye zititeguye kwinjira mu ntambara u Burusiya bwatangije muri Ukraine. Nti...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko mu banyarwanda 86 babaga muri Ukraine, 51 bamaze guhungishwa ariko hari abandi 15 bari mu duce turimo kuberamo imirwano, badafite uko bahava. Ni igikorwa kirimo kuba mu...
Amakuru ava muri Ukraine avuga ko nyuma y’uko ahuye n’abasirikare ba Ukraine bakamubera ibamba, Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yategetse ingabo ze kurasa bombe zirimo n’izikoresha uburozi bita ‘...
Ubutegetsi bw’i Moscow bwatangaje ko bugiye gutangira gutegura abasirikare babwo n’ingabo zabo mu rwego rwo kuzakoresha intwaro za kirimbuzi igihe cyose bizaba ngombwa. Putin yarabivuze none n’inshuti...
Ibisasu biremereye by’imbunda z’Abarusiya byangije inzu nyinshi mu Murwa mukuru wa Ukraine witwa Kiev. Amafoto yafashwe n’abanyamakuru ba Al Jazeeera arerekana inzu zasenyutse, abaturage babuze aho b...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 5% mu ijoro ryakeye, nyuma gato y’uko byari bimaze kwemezwa ko u Burusiya bwatangije intambara yeruye kuri Ukraine. Ni intambara ishobora kugira ingaruk...
Umukuru w’u Burusiya Vladmin Putin yategetse abasirikare be kwinjira mu Ntara za Ukraine zisanzwe zaka ubwigenge ari zo Donetsk na Lugansk. Byabaye ikimenyetso ntakuka ko atangije intambara kuri Ukrai...
Ibinyamakuru byo muri Amerika no mu Bufaransa bitangaza ko u Burusiya bwatangaje ko bugiye gusubiza bamwe mu basirikare babwo bari baragiye ku mupaka wabwo na Ukraine mu bigo byabo. AFP na Bloomberg b...
Raporo ibigo by’ubutasi by’u Bwongereza byagejeje ku Biro bya Minisitiri w’Intebe ivuga ko ku wa Gatatu w’Icyumweru gitaha, aribwo ingabo z’u Burusiya zateguye kuzatangiza intambara kuri Ukraine. Abon...









