Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Burusiya witwa Sergueï Lavrov avuga ko ibimaze iminsi bitangazwa n’itangazamakuru ryo mu Burayi ku gice cy’i Burangerazuba by’uko Perezida Putin arwa...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukularinda avuga ko u Rwanda rufite inyungu mu kutajya mu ntambara na DRC kubera ko hari byinshi birufitiye akamaro ruhanze amaso. Yabwiye RBA ko u ...
Umubano w’Amerika n’u Bushinwa nk’ibihugu bya mbere bikize ku isi wongeye kuzamo igitotsi. Iki gitotsi muri iki gihe gishingiye ku bushake bw’u Bushinwa bw’uko Taiwan iba iyabwo ijana ku ijana mu gihe...
Vladimir Putin aravugwaho kwitegura intambara yeruye irwaniye ku butaka, mu kirere no mu mazi igamije kwivuna Ukraine n’abayishyigikiye. Hari amakuru bamwe mu bahoze ari abasirikare bakomeye muri OTAN...
Hari ikinyamakuru gikorera kuri murandasi bivugwa ko gikorana na Leta y’u Burusiya cyatangaje ko mu Byumweru bine abasirikare b’iki gihugu bamaze mu ntambara muri Ukraine kimaze gupfusha abasirikare b...
Inkuru ikomeye muri iki gihe ku byerekeye intambara imaze iminsi muri Ukraine ni uko hari ibiganiro hagati ya Kiev na Moscow bigamije guhagarika intambara. Ni ibiganiro bikubiye mu ngingo 15. Imwe mu ...
Perezida wa Ukraine yatangaje ko igihugu cye cyavuye ku mugambi wo kuzajya mu Muryango wo gutabarana w’ibihugu by’i Burengerazuba bw’isi, OTAN/NATO. Ni icyemezo yatangaje ko cyafashwe mu rwego rwo guc...
Mu isi y’ubu n’iya kera habayeho abayobozi bafite imitekerereze itandukanye yatumye bafata ibyemezo bamwe bakibukirwaho kubera umwihariko wabyo. Mu bwami bw’abami bw’Abaroma habayeho umwami w’abami w...
Ubutegetsi bw’i Helsinki mu Murwa mukuru wa Finland buvuga ko igihe kigeze ngo hasuzumwe niba igihe kitageze ngo iki gihugu kijye muri OTAN/NATO kuko ibiri kuba kuri Ukraine ari ikimenyetso cy’uko gut...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 5.8% muri Gashyantare 2022, mu gihe muri Mutarama izamuka ryari 4.3%. Ibiciro byo mu...









