Nyuma gusenya ibikorwa remezo by’amashanyarazi yacaniraga igice kinini cy’Umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev, indege z’intambara z’u Burusiya zatwitse ibigega byari bihunitse litiro 100,000 bya benzène in...
Abibwira ko u Bushinwa bwazibukiriye umugambi wabwo wo kwigarurira Taiwan baba bibeshya. Bitinde bitebuke bizarangira buyigaruriye kuko iyo usomye ukumva imigambi buyifitiye ubona ko bwamaramaje. Imbw...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, kigaragaza ko muri Nzeri 2022, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 17,6% ugereranyije na Nzeri 2021. Mu kwezi bwabanje , ni ukuvuga Kanama, 2022, byari ...
Umugabo wigeze kuba umugaba w’ingabo z’Amerika muri Afghanistan akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bw’Amerika, CIA, ( Rtd) Gen David Petraeus yavuze ko Amerika iri gucungira hafi u Burusiya k’uburyo...
Abanyarwanda birizihiza umunsi babohoreweho n’izahoze ari ingabo Za Rwanda Patriotic Army (RPA) ubu hashize imyaka 28. Indunduro y’uko kubohorwa yagezweho ubwo Inkotanyi zahagarikaga Jenoside yakorer...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky niwe Muyahudi washyizwe ku mwanya wa mbere ku isi mu bafatwa nk’abavuga rikijyana. Intambara amaze iminsi arwana n’u Burusiya yatumye ahinduka icyamamare ku isi....
Amakuru atangwa n’umunyamakuru wo muri Kenya uri mu bakomeye witwa Mwangi Maina avuga ko itsinda ry’ingabo zidasanzwe za Kenya zamaze kugera i Bunagana muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aho zahaw...
Kuri uyu wa Gatatu Perezida w’u Burusiya Vladminir Putin yatangaje ko agiye kugaba ½ cy’ingabo z’u Burusiya zikajya kurwana muri Ukraine. Yasabye abasirikare bari baragiye mu kiruhuko kwitegura kwamba...
Perezida Joe Biden yavuze ko ingabo ze ziteguye kuzatabara Taiwan umunsi u Bushinwa bwayishojeho intambara. Ni amagambo ashobora kuza gukomeza kurakaza u Bushinwa bwari bumaranye igihe umujinya bwatew...
Kubera ko imbaraga zo gukoresha bashyushya cyangwa bakonjesha ingo zabo zagabanutse kubera ibibazo bafitanye n’u Burusiya, abaturage b’u Buholandi basabwe kutarenza iminota itanu biyuhagira. Ni ikibaz...









