Umugaba wungirije w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’iperereza Général de Brigade Jérôme Chico Tshitambwe yabwiye itangazamakuru ko intambara igihugu cye ...
Mu rwego rwo guhangana na M23 ikomeje kububera ibamba, ubutegetsi bwa DRC buravugwaho kugura mu Bushinwa indege z’intambara zidapfa kubonwa na radars bita drones zo mu bwoko bwa CASC Rainbow CH-4. Afr...
Umugore w’imyaka 44 y’amavuko yakatiwe gufungwa imyaka itandatu azira ubutumwa aherutse gucisha kuri Instagram anenga ko ubutegetsi bwa Putin bwateye Ukraine. Yitwa Maria Ponomarenko akaba asanzwe ari...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kur...
Leta y’u Rwanda yavuze ko imaze iminsi itanga abagabo k’ubushotoranyi bwa hato na hato bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Kubera iyo mpamvu, Guverinoma yatangaje ko umunsi yakoze igikorwa kiremer...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda ubwo yabwiraga inteko rusange y’Abadepite k’umubano w’u Rwanda n’ibihugu birukikije, Dr. Vincent Biruta yavuze ko kuba inama yabereye i Nairobi itaratumowem...
Intumwa ya Papa Francis muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yitwa Mgr Ettore Balestrero yavuze ko ubutumwa Papa Francis azazanira abatuye iki gihugu mu mpera za Mutarama, 2023 buzaba ari ubwo kuba...
Ubutegetsi bw’i Bamako bwakiriye indege nyinshi z’intambara bwahawe n’u Burusiya. Ziri mu bwoko bwa Sukhoï Su-25, indege zirwanira k’ubutaka n’izindi zitanga umusada mu kirere bita Albatros L-39. Ubw...
Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusaba iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo gushyira mu bikorwa amasezerano yose yashyizeho umukono yaba ay’i Nairobi ndetse n’ay’i Luanda kugira ngo amahoro ahinde mu ...
Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 16, Mutarama, 2023 mu Rwanda hatangijwe imyitozo ikomatanyije ihuriza hamwe ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC. Ni imyitozo ngarukamwa...









