Leta zimwe zigize Ethiopia ziravugwamo abantu bishyize hamwe bakora igisirikare cyabo k’uburyo ubutegetsi bw’i Addis Ababa bwarahiriye gusenya abo bigize ‘kagarara.’ Ethiopia ni igihugu kinini kigizwe...
Ubufaransa bumaze igihe mu biganiro na Amerika ngo harebwe uko Paris na Washington bafatanya gusaba u Bushinwa kwinjira mu biganiro byatuma u Burusiya buhagarika intambara na Ukraine. Ibiro ntaramakur...
Banki y’Isi yatangaje ko intambara y’u Burusiya na Ukraine irangiye mu mpera za Werurwe, 2023, byasaba Miliyari $ 411 ngo isanwe. Ukraine yatangijwemo intambara n’u Burusiya muri Gashyantare, 2023, ha...
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, rwaraye rusohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi Vladmin Putin. Arashinjwa gushimuta abana bo muri Ukraine bakajyanwa kuba mu Burusiya. Undi ICC yashyir...
Umufaransa Nicolas de Rivière uyoboye itsinda ryoherejwe muri DRC n’abagize Akanana k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ngo rirebe uko ibintu byifashe, yasabye aka kanama kongerera MONU...
Nyuma y’uko ibyo gushyira intwaro hasi bikozwe na M23 byanze, amakuru avugwa muri izi mpera z’iki cyumweru ni uko ingabo za Angola zemerewe kujya mu Burasirazuba bwa DRC kurwanya M23 zifatanyije na iz...
Niyo mpamvu bwohereje indege nyinshi z’intambara hafi ya Taiwan. Ibi bibaye nyuma y’amezi abiri hari izindi ndege zoherejwe muri kiriya gice mu rwego rwo kwamagana uruzinduko rwa Nancy Pelosi wari wah...
I Beijing basohoye inyandiko irimo ingingo 12 bavuga ko zikurikijwe zaba uburyo bunyuze bose bwo guhagarika intambara y’u Burusiya na Ukraine. Imwe muri zo isaba u Burusiya kuzibukira ibyo gukoresha i...
Imirwano ikomeje guca ibintu hagati ya FARDC na M23. Kuri uyu wa Gatatu mu masaha y’umugoroba imirwano yari ikomeje guca ibintu, M23 ishaka gufata agace ka Sake n’aho ingabo za DRC zishaka kuyikoma i...
‘Bisa n’aho’ intambara imaze iminsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yazindutse yafashe indi sura. Amakuru aturuka mu Mujyi wa Kitshanga avuga ko ingabo za DRC zazindutse zirasa i...









