Volodymyr Zelensky uyobora Ukraine yageze ku cyicaro cy’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kiri i La Haye mu Buholandi ngo aganire n’ubushinjacyaha bw’aho bwazakurikirana Vladmir Putin. Umuvugizi wa Zele...
Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr avuga ko aherutse kuvugana n’abajenerali bahanganye muri Sudani bamubwira ko biteguye kwicarana bakaganira, ariko ko hagomba kubanza gushaka aho bazaganirira bemer...
Ibyumweru bibaye bibiri muri Sudani intambara itangiye. Ababikurikiranira hafi bavuga ko iri gufata indi ntera kuko n’ibihugu bigize Umuryango wa IGAD bihangayikishijwe n’uko nta ruhande mu ziha...
Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Hon Donatille Mukabalisa yabwiye abagiye kwibuka Abatutsi biciwe i Kinazi mu mwaka wa 1994 ko abantu bafite ababo batazi aho biciwe ngo b...
Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu muri Sudani, uwahoze ayiyobora akaza gukurwa ku buyobozi n’abantu bigaragambyaga kubera icyo bitaga ubuzima buhenze witwa Omar El Bechir yaraye ajyanywe kwa mugan...
Indege nini zitwara abantu n’imitwaro yabo zatangiye kugera muri Djibouti aho abanyamahanga bari basanzwe baba muri Sudani babaye bahungiye imirwano iri kuhabera. Zije kubacyura mu rwego rwo kubarinda...
Iminsi irindwi irashize muri Sudani hadutse intambara. Imibare ya OMS ivuga ko abantu 413 bamaze kuyigwamo bivuze ko ku munsi hapfaga abantu ‘bagera’ kuri 59. Abantu 3,500 kandi bayikomerekeye mo. Iki...
Uhagarariye inyungu z’u Rwanda muri Sudani witwa Abdel Buhungu avuga ko ibintu muri Sudani bikomeye bityo ko Abanyarwanda bahaba bagomba kwirinda gucaracara hanze ahubwo bakaguma mu ngo zabo. Buhungu...
Umunsi ubaye uwa kabiri intambara yubuye hagati y’ingabo za Guverinoma y’inzibacyuho ya Sudani n’abasirikare batavuga rumwe nayo. Ni intambara iri kwaguka, hakaba hari ubwoba ko izagera n’ahandi mu gi...
Mu murwa mukuru wa Sudani witwa Khartoum hiriwe imirwano hagati y’ingabo n’abarwanyi bitwara gisikare. Hari hashize iminsi hari umwuka w’intambara. Intandaro y’ibi byose ni ikibazo cyakomeje kuburirwa...









