Ubutegetsi bwa Sudani buyobowe na Gen Abdel Fattah Al-Burhan bwatangaje ko budashaka umugabo witwa Volker Perthes wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu. Ngo ni gashozantambara. Burha...
Mu mpera za Nzeri, 2023 biteganyijwe ko i Kiev hazagera indege za mbere zo mu bwoko bwa F-16. Ni indege z’indwanyi kandi zihuta cyane. Ikibazo gihari ni uko zatinze none intambara ikaba igeze ahakomey...
Mu Biro by’Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu hamaze igihe hari imibiri 12 iri mu bubiko bw’uyu Murenge. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo witwa Faustin Nkurunziza yabwiye Taarifa ko iyo mibir...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergueï Lavrov yageze i Bujumbura avuye i Nairobi aho yaganiriye n’ubuyobozi bw’aho uko umubano warushaho kunozwa. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiri...
Nk’uko Taarifa yabyanditse ku ikubitiro, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Dmytro Ivanovych Kuleba yaraye ageze mu Rwanda yakirwa na Perezida Paul Kagame. Yamwakiririye mu Biro bye bir...
Dmytro Ivanovych Kuleba ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Ukraine biravugwa ko nava muri Ethiopia ari busure u Rwanda. Iby’uko ari busure u Rwanda byatangajwe n’umunyamakuru Samuel Gatachew wo muri Et...
Abayobozi bakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi(mbere byahoze ari umunani hakirimo u Burusiya) barahurira i Hiroshima mu Buyapani. Bari busuzume icyo bakora ngo bakome imbere iterambe...
Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko hari bagenzi be batanu( nawe wa gatandatu) biteguye kuzahura na Perezida Putin ndetse na Zelensky bakaganira uko ibyo bihugu byagira uruhare mu k...
Abaturage b’Afurika y’Epfo bari kwibaza icyo Guverinoma y’igihugu cyabo izungukira mu kumvana imitsi na Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma y’uko Ambasaderi w’iki gihugu i Pretoria witwa Reubern Brigety...
Abahagarariye impande zihanganye muri Sudani bari muri Arabie Saoudite mu biganiro bigamije guhagarika intambara igiye kumara ukwezi ihatangiye. Ni intambara ihuje abasirikare bayobowe na Gen Burhan n...









