Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 17, Kanama, 2023 yeretswe uko ingabo z’u Rwanda zatorejwe i Gabiro zibigenza. Ni imyitozo ikomatanyije yahuj...
Ubutegetsi bw’i Moscow buvuga ko byaba byiza kurusha uko abandi babibona haramutse hirinzwe ko Niger iterwa. Uburusiya buvuga ko ikintu cy’ingenzi kurushaho ari uko amahoro yabungwabungwa kuko iriya ...
Muri Niger ibintu biri gufata indi ntera! Abasirikare bari ku butegetsi batangaje ko igihe cyose bazamenyera ko ingabo za ECOWAS zabatangijeho intambara, bazahita bica Mohamed Bazoum baherutse kubukur...
Abasirikare bari ku butegetsi muri Niger bihanije Ubufaransa babusaba kutongera kuvogera ikirere cy’igihugu cyabo kubera ko imipika yose ifunze. Bongeyeho ko uretse kuba Ubufaransa bwavogereye ikirere...
Umwe mu miryango itari iya Leta ikorera mu Murwa mukuru wa Sudani uvuga ko ubwinshi bw’imirambo idashyinguye bwatumye haduka indwara mu baturage. Ikindi kibazo gihari ni uko uburuhukiro bw’ibitaro byo...
Uretse Sena ya Nigeria yanze ko Perezida Bola Tinubu agaba ibitero kuri Niger, abanyapolitiki batavuga rumwe na Leta, abanyamakuru, sosiyete sivile n’intiti zo muri iki gihugu…bose bavuga ko bidakwiy...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo nyirantarengwa yahawe abasirikare bafashe ubutegetsi bwa Niger bahiritse uwari uburiho babe babumusubije, Perezida wa Algérie witwa Abdelmadjid Tebboune yavuze ko uza...
Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byo mu Burengerazuba bwa Afurika, ECOWAS, babwiye abahiritse ubutegetsi muri Niger ko bagomba kuba babusubije Perezida Mohamed Bazoum bitarenze ku Cyumweru taliki 06,...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubutabazi, UN Office for the Coordination of Humanitarian Affairs, ritangaza ahitwa Bunia mu Ntara ya Ituri muri DRC hari kubera ubwicanyi budasanzwe k’uburyo...
Uburusiya bwatangaje ko buhagaritse amasezerano bwari baragiranye n’Umuryango w’Abibumbye yo kureka amato atwaye ibinyampeke akabigeza hirya no hino ku isi aciye mu Nyanja yirabura. Ni icyemezo kiri b...









