Kugeza ubu ngo hariho Gaza y’Amajyaruguru na Gaza y’Amajyepfo nk’uko Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Lt Col Jonathan Conricus abivuga. Jonathan Conricus avuga ko ingabo z’igihugu cye zaciyemo kabir...
Umuvugizi mu bya Politiki wa M23, Lawrence Kanyuka yavuze ko mu masaha ya mu gitondo kuri iki Cyumweru taliki 05, Ugushyingo, 2023 abarwanyi b’umutwe avugira bafatiye ku rugamba abasirikare b’Uburundi...
Umunyamakuru wa Russia Today ( RT) yahawe uburenganzira budasanzwe bwo kujya gusura no gufata amashusho y’indake abarwanyi ba Hamas bubatse ngo bihishe Israel. Zirakomeye cyane kuko zubakishije béton,...
Nyuma y’uko Israel itangije intambara kuri Hamas, igakoresha imbaraga bamwe bavuga ko zikabije ubwinshi, ubu hirya no hino hari bamwe barakariye Israel n’Abayahudi. Igihugu cya mbere kidacana uwaka na...
Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na Hamas. Minisitiri ...
Ibya M23 n’abo bahanganye biri gufata intera ndende uko iminsi ihita. Nk’ubu abarwanyi b’uyu mutwe batangarije kuri X ko hari intwaro zikomeye baherutse kwaka ingabo za DRC zifatanyije n’abitwa Wazale...
Minisitiri w’ingabo za Israel yagiye aho zikambitse hafi ya Gaza azibwira ko mu gihe gito kiri imbere ziraba zinjiye muri Gaza. Ni icyemezo Israel ifashe nyuma yo kubyemeranywaho na Amerika binyuze mu...
Mu Biro bye bita Oval Office, Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye agejeje ijambo ku Banyamerika ababwira ko Amerika idashobora kureka ngo Putin akore uko yishakiye kandi ngo ibi ni ko bimeze no kuri ...
Kuba Leta zunze ubumwe z’Amerika ari igihangange ku isi, ntawe ubijyaho impaka. Ubuhangange bw’iki gihugu buri mu nzego zose ariko cyane cyane mu bukungu no mu bya gisirikare. Izi ngingo ebyeri nizo z...
Mu buryo butunguranye, iteganyagihe rya Israel ryatumye ubuyobozi bw’ingabo z’iki gihugu buzisaba kuba ziretse gutangiza ibitero simusiga kuri Gaza, hirindwa imbogamizi zakururwa imvura nyinshi. N’ubw...









