Abaturage bujuje ibisabwa bagera kuri miliyoni 44 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Iki gihugu gituwe n’abaturage bagera kuri miliyoni hafi 100. Barator...
Iki kibazo kiri mu byibazwa na benshi mu bakurikiranira hafi ibibera hirya no hino ku isi. Bavuga ko Amerika n’isi muri rusange bahanze amaso intambara ya Israel na Hamas bityo ibyo muri Ukraine...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko igihugu cye kizarwana na Hamas niyo ibindi bihugu byose harimo n’Amerika bitayishyigikira. Netanyahu yavuze ko bazarwana na Hamas kugeza ku ...
Ebrahim Raisi yageze i Moscow mu Murwa mukuru w’Uburusiya agiye kuganira na Vladmir Putin ku ngingo zirimo n’iby;intambara imaze iminsi hagati ya Israel na Hamas muri Gaza. Ku byo baganira harimo n’in...
Nyuma y’agahenge k’iminsi irindwi kari karashyizweho hagati ya Israel na Hamas, ubu intambara yubuye, Israel ikavuga ko Hamas hari ibyo itakurikije mu bikubiye mu masezerano agashyiraho. Abayobozi ba ...
Fox News yanditse ko abarwanyi b’aba Houti barashe ku bwato bw’ingabo z’Amerika buri hafi ya Yemen. Ingabo z’Amerika zo zavuze ko ibiri gukorwa n’abo barwanyi ari gushaka kuyishyira mu ntambara kandi ...
Ku buhuza bwa Qatar, ubutegetsi bwa Israel bwemeranyiji n’abarwanyi ba Hamas ko guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 24, Ugushyingo, 2023 impande zombi ziri bube zihagaritse imirwano mu gihe cy’iminsi ine...
Umuyobozi w’imwe muri Banki zikomeye ku isi yitwa JP Morgan yo muri Amerika witwa Jamie Dimon avuga ko intambara iherutse kwaduka hagati ya Israel na Hamas izasonga ubukungu bw’isi bwari busanzwe bara...
Kuri telefoni Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken ku kibazo cy’umutekano muke uvugwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demu...
Kuva aho ibya Israel na Hamas bitangiriye, umuryango mpuzamahanga wahise ayerekezaho amaso, ibindi byose ku isi bias n’ibyibagiranye. Muri byo harimo n’intambara yo muri Sudani imaze kuvana mu byabo a...









