Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yatangiye urugendo mu bihugu bine by’Afurika mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano hagati ya Washington n&#...
Perezida Kagame yavuze ko abantu aho bava bakagera bakunda kandi bakwiye amahoro. Ku Rwanda ho ngo ni umwihariko kuko rwigeze kuyabura bikomeye. Icyakora avuga ko amahoro akorerwa uyakeneye akamenya k...
Umuvugizi wungirije w’ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera avuga ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi hari abahisemo kuba ibigwari boreka igihugu ariko hari abahisemo ubutwari barwanira igihugu baraki...
Umuvugizi wungirije wa M23 witwa Canisius Munyarugero yaraye yeruye ko abarwanyi b’uyu mutwe biyemeje kurasana n’ingabo za DRC kugeza ubwo Felix Tshisekedi uherutse kongera gutorerwa kuyobora iki gihu...
Ubwo yagarukaga ku magambo Tshisekedi aherutse kuvuga ubwo yeruraga akavuga ko azarasa u Rwanda akarushwanyaguza, Perezida Kagame yavuze ko nta cyo Abanyarwanda batazi ku migambi y’ababanga. Yavuze ko...
Indege z’Uburusiya ziri kurasa ibisasu biremereye kuri Ukraine nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu Ukraine nayo irashe ku mujyi w’Uburusiya uri ku mupaka uhuza ibihugu byombi wa Belgorod. Ibisasu by’Ubu...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuva iki gihugu cyatangira intambara yeruye na Hamas kimaze gutakaza abasirikare 485. Aba barimo umunani baraye bapfuye bazize Hamas. Iby’urupfu rwabo byatang...
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC ari ryo ryabashotoye guhera kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023, bituma bubura intwaro bararwana. Iyo mirwano iri kubera muri T...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko uko bizagenda kose n’icyo bizasaba cyose Israel izagitanga cyangwa ikagikora kugeza ubwo iciye intege burundu Hamas. Avuga ko icyo Israel ig...
Mu gihugu cya Georgia hari ikigo cyahawe ikiraka cyo kongerera indege z’intambara za DRC ubushobozi bwo kurasa kure no kumara igihe ziri mu kirere ku rugamba ngo zizarwane na M23. Ikinyamakuru Africa...









