Nyuma y’amasaha atatu y’ibiganiro hagati ye na mugenzi we uyobora Angola, Perezida Felix Tshisekedi yaje kwemera guhura na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bakaganira kubyo igihugu cye kimaze igihe gi...
Perezida wa Sudani y’Epfo akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Salva Kiir Mayardit ari i Burundi mu ruzinduko rw’akazi aho azava agana i Kinshasa guhura na Perezida Tshiseke...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yabwiye itangazamakuru ry’igihugu cye ko muri iki gihe asanga ibyiza ari ibiganiro biganisha ku mahoro kurusha intambara yari yaravuze ko...
N’ubwo taliki 24, Gashyantare, 2024 imyaka izaba ibaye ibiri intambara ya vuba aha y’Uburusiya kuri Ukraine izaba itangiye, mu by’ukuri iki gihugu cyatangiye kurwana na Ukraine mu mwaka wa 2014 ...
Ni umwe mu miti irambye iri kuganirirwaho i Munich mu Budage hagati y’abadipolomate ba Israel, Palestine, Amerika n’ibihugu by’Abarabu. Ibiganiro ku ugushyiraho Leta ya Palestine yigenga kandi iturany...
Uyobora ubutasi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ANR, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’anadi babiri bamwungirije ndetse n’Umuvugizi wa Guverineri w’iyi Ntara ku rwego rwa gisivili bamaze...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rivuga ko Amerika binyuze muri Antony Blinken iherutse kubwira Perezida wa Angola Joao Lourenço ngo azagire inama Tshisekedi yo kuganira na M...
Indege z’intambara za Amerika, ku bufatanye n’ingabo zo mu kirere z’Ubwongereza, zagabye ibitero muri Yemen ku birindiro by’abarwanyi b’aba Houthis. Byagabwe ku birindiro 36 by’aba barwanyi biri muri ...
Ingabo za Afurika y’Epfo, Tanzania na Malawi zoherejwe mu butumwa bwo kurimbura umutwe wa M23 umaze igihe warabujije ingabo za Perezida Tshisekedi amahwemo zasakiranye nawo, zimwe zirahakomekera. Ku w...
Icyitonderwa: Iyi nyandiko ni iya Aviad Mendelboim, Umujyanama wa Minisiteri y’ingabo za Israel ku bibazo bya Palestine akaba umugabo wa Ambasaderi wa Israel mu Rwanda. Umwimerere wayo uri mu Cyongere...









