Eric Nkuba Shebandu w’imyaka 52 y’amavuko ku wa Gatatu taliki 05, Mata, 2024 yeretswe itangazamakuru rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’ifatwa rye ryabaye muri Mutarama, uyu...
Umunyamabanga wa Leta muri Guverinoma y’Ubwongereza ushinzwe ububanyi n’amahanga David Cameron( yigeze kuba Minisitiri w’Intebe) yatangaje ko igihugu cye kigiye guhagarika intwaro cyahaga Israel kuber...
Umukuru w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) witwa Bintu Keita avuga ko M23 ikomeje “gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ...
Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr yageze i Kinshasa kuganira na mugenzi we uyobora DRC Felix Tshisekedi. Kirr muri iki gihe niwe uyobora Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EAC. Asuye Repubulika y...
Imbere y’urukiko rwa gisirikare, abasikare 11 bo mu ngabo za DRC bitabye ngo bumve ibirego by’ubushinjacyaha by’uko bahunze urugamba bari bahanganyemo n’abarwanyi ba M23. Barashinjwa ubugwari ku rugam...
Abantu 60 nibo bamaze kubarurwa ko bishwe n’amasasu yarashwe n’abo muri Islamic State babasanze bari mu kabyiniro. Abandi bagera mu 100 bakomeretse ndetse barimo n’abakomeretse cyane ku buryo umubare ...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yavuze ko igihugu cye gishima ko Komisiyo ya UN ku byaha byakorewe mu bitero Hamas yateye muri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023, yakoreyemo ibyaha birimo no ...
Kubera impamvu zigikorwaho iperereza, abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo barasanye umwe yica undi, nawe arirasa. Bivugwa ko byatewe n’ubwumvikane buke ariko iperereza rirakomeje. Ikinyamakuru cyo mu...
Kuri X hatangarijwe amashusho y’ibisasu bya kirimbuzi byikorewe n’imodoka za gisirikare z’Uburusiya. Aya mashusho atangajwe hashize igihe gito uwahoze ari Perezida w’iki gihugu akaba na Minisitiri w’I...
Ambasaderi wa Ukraine mu Rwanda yahaye ikiganiro Taarifa ku byo igihugu cye giteganya gukorana n’u Rwanda ndetse n’uko kibona ibintu bizagenda ubwo intambara kirwana n’Uburusiya izaba yarangiye. Soma ...









