Ahitwa Katana muri Teritwari ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo haraye habereye imirwano hagati y’abasirikare n’abasivili igwamo abantu barindwi. Intandaro ni ugutongana hagati y’umubyeyi w’umukobwa wate...
Guverinoma ya Sudani Y’Epfo yasinyanye amasezerano n’abatavuga rumwe na Leta azaherwaho mu kugarura amahoro mu gihugu. Yasinyiwe i Nairobi muri Kenya, akaba yariswe Tumaini Initiative. Tum...
Abanyeshuri bo muri Kaminuza zirimo n’izikomeye kurusha izindi muri Amerika bamaze hafi ukwezi bamagana intambara Israel yatangije muri Gaza. Imyigaragambyo yabo imaze kugera muri Kaminuza 29. Baramag...
Abapolisi muri Leta zitandukanye zigize Amerika bari muri ‘operations’ zo gufata abanyeshuri bo muri za Kaminuza bigaragambya bamagana intambara Israel( inshuti y’Amerika) yatangije kandi ...
Uwakwemeza ko intambara y’Uburusiya na Ukraine igiye gufata indi sura, akabishingira ku ngingo y’uko Inteko ishinga amategeko y’Amerika yaraye yemereye Ukraine miliyari $ 61 (£49bn) yo gukoresha...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu amakuru aravuga ko hari indege za Israel zarashe ikigo cy’ingabo za Iran kiri ahitwa Isfahan muri Iran rwagati. Nyuma hahise hatangazwa amafoto yerekana imbunda za Ir...
Ubu cameras z’itangazamakuru ziri kureba mu Burasirazuba bwo Hagati aho Iran na Israel byasakiranye. Ubwongereza, Amerika n’Ubufaransa bamaze kwitegura gufasha Israel mu gihe amakuru avuga ko Qatar na...
Mu mijyi minini ya Israel hari ubwoba bw’uko Iran iri bugabe ibitero kuri Israel. Amerika nk’inshuti ya Israel ivuga ko amakuru y’iki gitero ari impamo kandi byatumye isaba abaturage...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yasuye ikigo gikoresha indege z;intambara kiri ahitwa Tel Nof abasaba kuryamira amajanja. Ni ubutumwa atanze nyuma y’uko Iran ivuze ko iri gutegura k...
Ni intambara ishobora gutangira igihe icyo ari cyo cyose kubera umujinya Iran ifitiye Israel nyuma y’igitero iki gihugu cyagabye kuri Ambasade yayo muri Syria kikica abajenerali bayo benshi. Birashobo...









