Kagame yabwiye abakorera ku mbuga nkoranyambaga ko burya bifitemo imbaraga zikomeye mu kwakira no gutangaza ibitekerezo byabo cyangwa iby’abandi, aboneraho kubasaba kubikoresha mu nyungu zubaka u Rwan...
Ingabo z’Uburundi zimaze iminsi zikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu bikorwa zifatanyijemo n’iz’iki gihugu, abarwanyi na Wazalendo na FDLR. Hagati aho kandi niko zikora...
Perezida wa Angola Joao Lorenco aherutse gutangariza i Abidjan ko hari ibiganiro biri ku rwego rwa za Minisiteri bitegura ibizahuza Kagame na Tshisekedi. Ni ibiganiro Lorenco avuga ko ari ngombwa ko b...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibyo Abanyarwanda baciyemo bikomeye ku buryo nta kintu na kimwe cyabatera ubwoba. Yunzemo ko umwanduranyo wa DRC utakura umutima Abanyarwanda ndetse ko nibiba ngombwa...
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya asura Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere mu myaka 24 ishize. Putin yaherukaga gusura Koreya ya ruguru mu mwaka wa 2000. Umubano ...
Ubuyobozi bw’ingabo za Israel bwatangaje ko izi ngabo zahitanye Sami Taleb Abdullah wari umuyobozi wa Hezbollah. The Jerusalem Post yatangaje ko yamutsinze mu biro bya Hezbollah biri ahitwa Jouaiyya m...
Umutwe urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa witwa M23 wacishije kuri X itangazo ry’uko watangije ubuyobozi bw’abawushyigikiye mu mahanga( Diaspora), bikaba bikubiye mu cyemezo Nomero N° 036/PRES-M23 /202...
Mu gihe amaso ahanzwe ku ntambara iri muri Gaza, i Yeruzalemu bo baremeza ko hasigaye gufata icyemezo cya nyuma indi ntambara yeruye igatangira mu Majyaruguru y’iki gihugu, yo ikazaba igamije kurimbur...
Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ibyo yemeranyijeho na Israel kugira ngo intambara ya Gaza ihagarare. Ni ingingo ubutegetsi bwa Washington buvuga ko ziramutse zikurikijwe byatanga amahoro aramb...
Ni ikibazo abanyapolitiki bo mu Burayi, Amerika no mu bihugu by’Abarabu bibaza kandi kubera uburemere bw’iki kibazo, kuri uyu wa Mbere, taliki 27, Gicurasi, i Buruseli ku kicaro gikuru cy...









