Ni ibivugwa n’abakurikiranira hafi ibiri kuba mu isi ya none. Babishingira ku biri kubera mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine kuko nk’ubu Uburusiya buravugwaho guha Iran intwaro za kirimbuzi nayo ikabu...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer yirinze kwerurira itangazamakuru ku byo yaganiriye na Perezida w’Amerika Joe Biden ku byerekeye kwemerera Ukraine kurasa missiles mu Burusiya. Ni mis...
Intambara y’Uburusiya na Ukraine irabura igihe gito ngo yuzuze imyaka itatu. Icyakora zimwe mu ngabo za Ukraine ziri mu bibazo nyuma y’uko intwaro zari zarahawe n’Amerika zigabanutse ndetse zimwe mur...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru abarwanyi ba Hezbollah barashe ibisasu bya Katyusha 320 muri Israel mu rwego rwo kwihorera ku gitero Israel iherutse kwiciramo uwari umuyobozi wa gisirikare wa Hezbollah...
Biden yateranije Inama y’umutekano yiga ku cyakorwa Iran iteye Israel kandi ngo ibi birashoboka mu minsi cyangwa ibyumweru bike biri imbere. Ku rundi ruhande ushinzwe ububanyi n’amahanga m...
Minisiteri y’ingabo za Amerika yatangaje ko yohereje mu Burasirazuba bwo Hagati ubwato bw’inyongera bugwaho indege z’intambara mu rwego rwo kwitegura gutabara Israel igihe yaba yinjiye mu ntambara yer...
Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwatangaje ko buzahorera Ismael Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas waraye yishwe na Israel imurashe missile. Yamwishe aryamye aguye agacuho kuko yari yiriwe mu mu...
Kanyamuhanda Vianney Kazarama ufite ipeti rya Colonel wigeze kuba Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 warwanyije ubutegetsi bwa DRC atangaza ko ubu yasubiye gukorana nawo. Yabaye umuvugizi ...
Ubutasi bwa Israel buremeza ko igitero cyaraye gihitanye abana 12 kigakomeretsa abandi benshi, cyagabwe na Hezbollah. Uyu mutwe ukorera muri Lebanon wo wabihakanye, uvuga ko ntaho uhuriye nabyo. Mu ma...
Umunyamuziki wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo uri mu bakomeye muri Afurika witwa Koffi Olomidé ntiyaraye agaragaye mu rukiko ngo yisobanure kubyo ubushinjacyaha bumurega bikubiye mu byo yavuz...









