Umuyobozi wa Divisiyo ya 98 witwa Brig. Gen. Guy Levi niwe waraye uhaye amabwiriza ingabo ze ubwo zambukaga zigana mu Majyepfo ya Lebanon kurwana na Hezbollah. Yari ari kumwe n’uyobora umutwe ud...
Hamas ikomeje kuzahazwa n’ibitero bya Israel kuko mu ijoro ryacyeye hari umuyobozi wayo muri Lebanon nawe waraye wishwe. Yishwe akurikira umuyobozi wa Hezbollah nawe wishwe mu mpera z’Icyumweru gishiz...
Umuntu wese ushyira mu gaciro ntiyabura kwemeza ko kuba Israel yarishe umuyobozi wa Hezbollah byashegeshe uyu mutwe. Hassan Nasrallah yari amaze imyaka irenga ayobora uyu mutwe washinzwe na Iran ngo u...
Umwe mu ba dipolomate yatangaje ko mu mpera z’Icyumweru gishize hari ubwato bwa Misiri bwagejeje intwaro muri Somalia mu rwego kubakira iki gihugu ubushobozi mu bya gisirikare. Ni igikorwa kiri mu mug...
Omar Al Bashir wahoze uyobora Sudan arwariye mu bitaro biri mu Majyaruguru y’iki gihugu nyuma y’uko yoherejwe muri bimwe mu bitaro bikomeye by’aho. Bashir yavanywe ku butegetsi n’imyigaragambyo yabaye...
Byatangajwe na Lt Gen Herzi Halevi. Uyu musirikare avuga ko ibitero byo mu kirere buri kugabwa muri Lebanon biri gutegura ibyo ku butaka. Kugeza ubu abantu 90,000 nibo bamaze kuvanwa mu byabo batinya ...
Mu Majyepfo ya Lebanon imiryango iri guhunga ku bwinshi yanga ko abayigize bahitanwa n’ibisasu by’indege za gisirikare za Israel. Ubuyobozi bw’izi ngabo bwari buherutse gusaba abatuye mu bice Hezbolla...
Kuri uyu wa Kane indege z’intambara za Israel zatangiye kurasa muri Lebanon. Ni ibitero 100 byakozwe nyuma gato y’uko guhera kuri uyu wa Kabiri hari ibikoresho by’ikoranabuhanga abarwanyi ba Hezbollah...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye ikiganiro yatangiye muri Milken Institute ko u Rwanda rwasize inyuma amateka mabi rwaciyemo. Avuga ko icyo we n’abandi Banyarwanda benshi bahuriyeho ari uguharanira...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima rivuga ko ivangura rishingiye ku ruhu ari ryo ryatumye isi idatabara Abanyasudani bahunze intambara, ubu bakaba bagiye kwicirwa n’inzara mu nkambi. Im...








