Nyuma y’uko Amerika yoherereje ubwato bugwaho indege z’intambara mu mazi aturanye na Venezuela nayo igatangira kugurutsa indege zayo z’intambara hafi aho, hari impungenge ko hashobor...
Kuri uyu wa Gatatu Tariki 03, Nzeri, 2025 Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yayoboye umuhango wo kwizihiza imyaka 80 igihugu cye kimaze kigobotoye ubukoloni cyari cyashyizwemo n’Ubuyapani mu gihe cyaba...
I Cairo ntibashira amakenga ibizakurikira igitero simusiga Israel iteganya kugaba muri Gaza ikayigarurira yose. Niyo mpamvu hari gutegurwa uko ku mupaka wayo na Gaza hakongerwa ingabo n’ibikoresho bya...
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasabiye igihano cy’urupfu Joseph Kabila wayoboye icyo gihugu imyaka 18 kubera ibyaha birimo no kugambanira igihugu bumushinja. Ab...
Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yabwiye Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi ko ibibera mu Burasirazuba bwa DRC birugiraho ingaruka mu buryo bw’umutekano n’ubw’imibereho myi...
Nyuma y’iminsi mike Putin aganiriye na Trump, ingabo z’igihugu cye ziravugwaho kugaba ibitero bya drones 574 byarashe missiles 40 mu minsi mike yashize. Umwe mu bayobozi ba Ukraine niwe wa...
Kuri uyu wa Kabiri Tariki 19, Kanama, 2025 i Doha harahurira intumwa za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iz’Umutwe AFC/M23 baganire ku mahame bemeranyijeho azagena uko intambara yahagarikwa mu bury...
Perezida wa Amerika Donald Trump avuga ko ari ngombwa ko Putin yicarana na Zelenskyy bakaganira ku cyakorwa ngo intambara yatangijwe muri Gashyantare, 2022 ihagarare. Ni umuhigo yihaye agomba kugeraho...
Abayobozi b’ibihugu bikomeye mu Burayi bageze i Washington k’ubutumire bwa Perezida Trump ngo ababwire mu magambo arambuye ibyo yemeranyijeho na Vladmir Putin mu nama bagiranye mu mpera w&...
Mu minsi mike iri imbere, ingabo 100,000 za Israel ziratangiza ibitero muri Gaza k’ubutaka no mu kirere mu rwego gufata aka agace kose nk’uko ikinyamakuru Walla kibyemeza. Abagihaye amakuru bavuga ko ...









