I Harare muri Zimbabwe haraye hanzuriwe ko igihe ingabo za SADC zigize umutwe woherejwe muri DRC witwa SAMIDRC kwirukana inyeshyamba cyongerwaho umwaka. Zoherejwe yo ngo zifashe iz’iki gihugu kw...
Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Ambasaderi wa Sudani mu Rwanda Khalid Musa avuga ko agahinda abaturage b’igihugu cye batewe n’ibitero bagabweho n’igisirikare cya RSF abantu babyumva kurusha abandi ku isi ari Abanyarwanda. Abyemeza ...
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye Minisitiri w’Ingabo Yoav Gallant kubera kutumvikana ku migendekere y’intambara Israel imazemo iminsi. Bivugwa ko ubwo bwumvikane buke bumaze...
Kuri iki Cyumweru abarwanyi ba M23 bafashe agace ka Kamandi-Gite kari mu Burengerazuba bw’ikiyaga cya Edouard kuri muri Sheferiy a Butangi muri Teritwari ya Lubero. Kare kare kuri iki Cyumweru nibwo a...
Nyuma y’ibiganiro biherutse guhuza Perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we uyobora Uganda Yoweri Museveni, abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byombi nabo baganiriye. Gen Muhoozi Kainerugaba ugaba inga...
Gutoza ingabo za DRC, imihanda ihuza Uganda na DRC, gukomeza kurwanya ADF, intambara na M23… biri mu byo umuntu yavuga ko byajyanye Perezida Felix Tshisekedi muri Uganda ngo abiganireho na mugenzi we ...
Mouvément du 23 Mars( M23) yamaze kugera muri teritwari ya Walikale, iyi ikaba teritwari nini kurusha izindi zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kivu y’Amajyaruguru igizwe na Teritwari eshanu....
Abanyarwanda baca umugani w’uko ‘ibijya gucika bica amarenga’. Uyu mugani muri iki gihe uri hafi kugana akariho kubera ko ubushyamirane buri hagati ya Leta zuze ubumwe z’Amerika n’Uburusiya- binyuze m...
Indege z’intambara za Israel zagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Iran kandi zisubira muri Israel ntacyo zibaye. Ni ibyemezwa na BBC. Ibitero by’izi ndege byagabwe mu Murwa muku...









