Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yaraye agiriye urugendo mu Burundi aganira na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bagirana ibiganiro mu muhezo. Bidatinze, Ibiro ...
Mu mezi atandatu ashize, Perezida wa Turikiya Erdogan yigeze kuvuga ko nabishaka azagaba ibitero muri Israel nk’uko yabigabye muri Azerbaijan mu ntambara yiswe iya Nagorno-Karabakh ndetse ngo azabikor...
Kuri uyu wa Mbere imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, buri ruhande rushaka kwigarurira agace ka Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru. Radio Okapi ivuga k...
Inteko ishinga amategeko ya Israel yemeje ku bwiganze busesuye umushinga wa Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu wo gutuza abaturage benshi mu bitwa bya Golan, igice cyari gisigaye ari icya Syria. ...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko mu nama yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 14, Ukuboza, 2024 yahuje ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda( Olivier Nduhungirehe) na D...
Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko aherutse kuganira n’ubuyobozi bushya bwa Syria buyobowe n’abarwanyi b’umutwe Hayat Tahrir al-Sham( HTS). Ni umutwe...
Ingabo za Israel zirwanira mu kirere zatangiye kurasa mu bice bya Syria birimo no mu murwa mukuru Damascus. Ikigo cy’abanya Syria gikurikiranira hafi iby’uburenganzira bwa muntu kitwa Syrian Observa...
Ubutasi bwa gisirikare butangaza ko umurwa mukuru wa Syria witwa Damascus wafashwe n’abarwanyi bari bamaze iminsi bawototera. Bivugwa ko Perezida wa Syriana Bashar Assad yafashe indege ahungira ahantu...
Ingabo za Israel zikorera mu bice byegereye Syria zatangiye kwitegura kuzarwana n’abashobora kuva yo bakayitera cyane cyane ko ingabo z’iki gihugu zamaze guhunga umupaka uri mu bitwa bya Golan( ...
Igisirikare kirwanira mu kirere mu ngabo z’Uburusiya kiri gusuka ibisasu mu birindiro by’abarwanyi bamaze iminsi bagabye ibitero mu Mujyi wa Aleppo mu Majyepfo ya Syria. Uburusiya bwiyemej...









